Close MORE NEWS Byinshi ku irushanwa rya Golf ryateguwe na CIMERWA UMUBAVU.com Daniel Kuya 13-09-2018 saa 08:25' whatsapp Facebook Uruganda rukora sima "CIMERWA’ rwatangaje byinshi ku irushanwa rwateguye ku bufatanye na Kigali Golf Club ryiswe “CIMEGolf Tournament 2018” riteganyijwe kuwa Gatandatu, rikazakoresha miliyoni 53 z’amafaranga y’u Rwanda. Ni ku nshuro ya kabiri Iri rushanwa rigiye kujya ribera muri Kigali Golf Club i Nyarutarama , by’umwihariko uyu mwaka CIMERWA ikaba yarafatanyije na HYGEBAT, AfriPrecast, REKO, BCEG, Transnova na Kesi mu gukusanya amafaranga azakoreshwa. Mu kiganiro n’abanyamakuru, Bheki Mthembu uyobora Cimerwa, yatangaje ko ari irushanwa rigamije gufasha abakunzi b’umukino wa Golf kwishima. Yagize ati “Ni umwanya mwiza wo guhura no gusabana ku bakunzi ba Golf mu Rwanda. Nka CIMERWA, ni iby’agaciro kuba bamwe mu bagira uruhare mu iterambere rya Golf mu gihugu, n’iri rushanwa rikaba riri muri uwo murongo.” Kapiteni wa Kigali Golf Club, Kashaka Karegeya Devis, yavuze ko iri rushanwa rizitabirwa n’abantu b’ingeri zitandukanye harimo abanyamuryango ba Kigali Golf Club n’abatumirwa ba CIMERWA bazava muri Afurika y’Epfo na Zimbabwe. Yavuze ko bitewe n’uko amategeko ya Golf atemera ko umukinnyi utarabigize umwuga ahembwa mu mafaranga, abazakina iri rushanwa nabo bazahembwa ibikoresho bitandukanye bizabafasha kuzamura impano zabo ariko nabyo bikaba bihenze kuko uwa mbere azabona ibifite agaciro ka $2000. Uyobora Kigali Golf Club, Marcel Byusa, yavuze ko bari guteganya uburyo butandukanye bwo kuzamura uyu mukino mu gihugu hose ndetse no guhindura imyumvire y’abibwira ko Golf ari umukino w’abakire gusa. Irushanwa rya CIMEGolf Tournament riba ku nshuro ya mbere umwaka ushize, ryitabiriwe n’abakinnyi basaga 100 rikaba ari rimwe mu yabashije kwitabirwa cyane. Daniel Hakizimana Umubavu.com} Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Byinshi ku irushanwa rya Golf ryateguwe na CIMERWA UMUBAVU.com Daniel Kuya 13-09-2018 saa 08:25' whatsapp Facebook Uruganda rukora sima "CIMERWA’ rwatangaje byinshi ku irushanwa rwateguye ku bufatanye na Kigali Golf Club ryiswe “CIMEGolf Tournament 2018” riteganyijwe kuwa Gatandatu, rikazakoresha miliyoni 53 z’amafaranga y’u Rwanda. Ni ku nshuro ya kabiri Iri rushanwa rigiye kujya ribera muri Kigali Golf Club i Nyarutarama , by’umwihariko uyu mwaka CIMERWA ikaba yarafatanyije na HYGEBAT, AfriPrecast, REKO, BCEG, Transnova na Kesi mu gukusanya amafaranga azakoreshwa. Mu kiganiro n’abanyamakuru, Bheki Mthembu uyobora Cimerwa, yatangaje ko ari irushanwa rigamije gufasha abakunzi b’umukino wa Golf kwishima. Yagize ati “Ni umwanya mwiza wo guhura no gusabana ku bakunzi ba Golf mu Rwanda. Nka CIMERWA, ni iby’agaciro kuba bamwe mu bagira uruhare mu iterambere rya Golf mu gihugu, n’iri rushanwa rikaba riri muri uwo murongo.” Kapiteni wa Kigali Golf Club, Kashaka Karegeya Devis, yavuze ko iri rushanwa rizitabirwa n’abantu b’ingeri zitandukanye harimo abanyamuryango ba Kigali Golf Club n’abatumirwa ba CIMERWA bazava muri Afurika y’Epfo na Zimbabwe. Yavuze ko bitewe n’uko amategeko ya Golf atemera ko umukinnyi utarabigize umwuga ahembwa mu mafaranga, abazakina iri rushanwa nabo bazahembwa ibikoresho bitandukanye bizabafasha kuzamura impano zabo ariko nabyo bikaba bihenze kuko uwa mbere azabona ibifite agaciro ka $2000. Uyobora Kigali Golf Club, Marcel Byusa, yavuze ko bari guteganya uburyo butandukanye bwo kuzamura uyu mukino mu gihugu hose ndetse no guhindura imyumvire y’abibwira ko Golf ari umukino w’abakire gusa. Irushanwa rya CIMEGolf Tournament riba ku nshuro ya mbere umwaka ushize, ryitabiriwe n’abakinnyi basaga 100 rikaba ari rimwe mu yabashije kwitabirwa cyane. Daniel Hakizimana Umubavu.com} Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo