Close MORE NEWS Byahishuwe ko Benjamin Mkapa ’yishwe n’umutima’ UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 27-07-2020 saa 07:41' whatsapp Facebook Mu muhango w’idini wo gusezera kuri Benjamini William Mkapa wahoze ari Perezida wa Tanzania wabereye mu mujyi wa Dar es Salaam ejo ku cyumweru, umuryango we watangaje ko yapfuye bitunguranye azize umutima. William, umwe mu bo mu muryango we wavuze muri uyu muhango yagize ati ’’Amaze kumva amakuru yarahagurutse ashaka nko kugenda ariko arongera aricara yunamika umutwe, nyuma baje kureba uko ameze basanze yapfuye. Ni byiza ko tuvuga ibi kuko buri wese ku mbuga nkoranyambaga yatangiye kwigira inzobere". Urupfu rwe rwatangajwe na Perezida John Magufuli mu ijoro rishyira ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, avuga ko yapfiriye mu bitaro bya Dar es Salaam aho yari yajyanywe kuvurwa. Bwana Magufuli yavuze ko Bwana Mkapa yariho avurirwa mu bitaro, ko amakuru arambuye ku rupfu rwe azavugwa nyuma. Igitambo cya Misa cyo kumusezeraho cyitabiriwe n’abantu batandukanye, abakuru ba Kiliziya Gatolika muri Tanzania bamushimiye ko yayiteje imbere muri iki gihugu. Leta ya Tanzania yatangaje ko Benjamin William Mkapa azashyingurwa ku ivuko rye ahitwa Lupaso mu gace kitwa Mtwara mu majyepfo ya Tanzania. Imihango yo kumusezera yatangiye ejo ku cyumweru ikazageza ku wa Gatatu tariki 29 z’uku kwezi kwa Karindwi. Anna Mkapa (hagati) umugore wa Benjamin Mkapa, aherekejwe ahabereye uwo muhango Kassim Majaliwa, Minisitiri w’Intebe wa Tanzania yatangaje ko ku wa Kabiri ariwo munsi Bwana Mkapa azasezerwaho ku rwego rw’igihugu. Leta y’u Burundi yatangaje ko Minisitiri w’Intebe, Alain Guillaume Bunyonyi, yafashe urugendo ajya muri Tanzania kwifatanya na bo ’’gusezera no gushyingura" Bwana Mkapa. Leta y’u Rwanda yatangaje ko ibendera ry’igihugu ryururutswa kugeza mu cya Kabiri kuva kuri uyu wa mbere kugeza ku wa Gatatu ’’mu rwego rwo kunamira" Bwana Mkapa. Imihango yo kumusezeraho ku rwego rw’igihugu nirangira ku wa Kabiri, nibwo umubiri we uzajyanwa gushyingurwa ku ivuko, nk’uko leta ya Tanzania ibivuga. Bwana Majaliwa yabwiye abanyamakuru ko umubiri wa Mkapa, wari ufite imyaka 81, uzashyingurwa ku wa Gatatu tariki 29 z’uku kwezi. Misa yo kumusezeraho yitabiriwe n’abantu benshi Ejo ku cyumweru isanduku y’umurambo wa Mkapa yazanywe n’abasirikare kuri stade Uhuru i Dar es Salaam ahabereye misa yo kumusezera Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Byahishuwe ko Benjamin Mkapa ’yishwe n’umutima’ UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 27-07-2020 saa 07:41' whatsapp Facebook Mu muhango w’idini wo gusezera kuri Benjamini William Mkapa wahoze ari Perezida wa Tanzania wabereye mu mujyi wa Dar es Salaam ejo ku cyumweru, umuryango we watangaje ko yapfuye bitunguranye azize umutima. William, umwe mu bo mu muryango we wavuze muri uyu muhango yagize ati ’’Amaze kumva amakuru yarahagurutse ashaka nko kugenda ariko arongera aricara yunamika umutwe, nyuma baje kureba uko ameze basanze yapfuye. Ni byiza ko tuvuga ibi kuko buri wese ku mbuga nkoranyambaga yatangiye kwigira inzobere". Urupfu rwe rwatangajwe na Perezida John Magufuli mu ijoro rishyira ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, avuga ko yapfiriye mu bitaro bya Dar es Salaam aho yari yajyanywe kuvurwa. Bwana Magufuli yavuze ko Bwana Mkapa yariho avurirwa mu bitaro, ko amakuru arambuye ku rupfu rwe azavugwa nyuma. Igitambo cya Misa cyo kumusezeraho cyitabiriwe n’abantu batandukanye, abakuru ba Kiliziya Gatolika muri Tanzania bamushimiye ko yayiteje imbere muri iki gihugu. Leta ya Tanzania yatangaje ko Benjamin William Mkapa azashyingurwa ku ivuko rye ahitwa Lupaso mu gace kitwa Mtwara mu majyepfo ya Tanzania. Imihango yo kumusezera yatangiye ejo ku cyumweru ikazageza ku wa Gatatu tariki 29 z’uku kwezi kwa Karindwi. Anna Mkapa (hagati) umugore wa Benjamin Mkapa, aherekejwe ahabereye uwo muhango Kassim Majaliwa, Minisitiri w’Intebe wa Tanzania yatangaje ko ku wa Kabiri ariwo munsi Bwana Mkapa azasezerwaho ku rwego rw’igihugu. Leta y’u Burundi yatangaje ko Minisitiri w’Intebe, Alain Guillaume Bunyonyi, yafashe urugendo ajya muri Tanzania kwifatanya na bo ’’gusezera no gushyingura" Bwana Mkapa. Leta y’u Rwanda yatangaje ko ibendera ry’igihugu ryururutswa kugeza mu cya Kabiri kuva kuri uyu wa mbere kugeza ku wa Gatatu ’’mu rwego rwo kunamira" Bwana Mkapa. Imihango yo kumusezeraho ku rwego rw’igihugu nirangira ku wa Kabiri, nibwo umubiri we uzajyanwa gushyingurwa ku ivuko, nk’uko leta ya Tanzania ibivuga. Bwana Majaliwa yabwiye abanyamakuru ko umubiri wa Mkapa, wari ufite imyaka 81, uzashyingurwa ku wa Gatatu tariki 29 z’uku kwezi. Misa yo kumusezeraho yitabiriwe n’abantu benshi Ejo ku cyumweru isanduku y’umurambo wa Mkapa yazanywe n’abasirikare kuri stade Uhuru i Dar es Salaam ahabereye misa yo kumusezera Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika