Close MORE NEWS Bugesera: Umukuru w’Umudugudu yakaswe ururimi akekwaho gusambanya umugore w’abandi UMUBAVU.com umubavu Kuya 29-11-2018 saa 19:53' whatsapp Facebook Umukuru w’Umudugudu wa Mububa, Akagari ka Tunda, Umurenge wa Kamabuye mu Karere ka Bugesera, witwa Migambi Emmanuel, yakebwe ururimi aranakubitwa akekwaho gusambana n’umugore w’umuturage witwa Maniraguha Vianney. Amakuru agera ku IGIHE avuga ko uyu mugabo Migambi ubu arembeye mu bitaro by’Akarere ka Bugesera i Nyamata, ahagenewe indembe ndetse akaba atabasha no kuvuga kubera ko yabyimbye umusaya w’iburyo. Bivugwa ko uyu muyobozi n’umugore basambanaga bafatiwe mu Murenge wa Ngeruka ariko ari abo mu Murenge wa Kamabuye. Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera buvuga ko umugore wafashwe asambana umugabo we yari yamenye amakuru y’uko yari afite gahunda yo kujya gusambana n’umukuru w’Umudugudu, ku buryo ari byo byatumye amukurikira kugeza ubwo amufatiye mu cyuho. Meya w’Akarere ka Bugesera Mutabazi Richard yabwiye IGIHE ati “ Nibyo byarabaye twahawe amakuru y’uko hari uwafatiwe mu cyuho cy’ubusambanyi hanyuma arwana n’abo yasambanyirizaga umugore birangira baciye ururimi.” Yahamije ko uyu mugabo yakaswe ururimi ndetse iperereza ryatangiye kugira ngo hamenyekane niba nta bandi babigizemo uruhare kuko bitumvikana uburyo umuntu umwe yamukata ururimi. Yaboneyeho gushishikariza abaturage kuba inyangamugayo no kwirinda amakimbirane n’ibyatuma imiryango ibana nabi. Kugeza ubu umugore wafashwe asambana n’umugabo we ukekwaho guca ururimi uwamusambanyirizaga umugore bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Ruhuha, mu gihe Umukuru w’Umudugudu we arembeye mu bitaro. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Semivumbi j.Bosco Kuya 4-01-2019 Uwo Mugabo Naramuka Akize Muzamuhe Uwo Mugore Amwitungire. Semivumbi j.Bosco Kuya 4-01-2019 Uwo Mugabo Naramuka Akize Muzamuhe Uwo Mugore Amwitungire. INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ubukwe bwa Umurerwa Olive wari wapfakaye akiri umugeni bwabaye agahebuzo-AMAFOTO&VIDEO ubuzima Urusaku rw’agakingirizo k’abagore mu gutera akabariro, intandaro yo kudakunda kugakoresha amakuru Uganda: Gen. Kale Kayihura yatahuweho indi Dosiye ikakaye ishobora kumushyirishamo amakuru Umwana utangaje! Yamenye gusoma no kwandika afite imyaka 2 gusa, ku myaka 13 ubu ni umushakashatsi amakuru Abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye ntibazongera gutegura ibizamini bisoza ibihembwe n’umwaka iyobokamana Umupadiri wari ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana Amakuru yo hanze Indonesia: Polisi yifashishije inzoka mu guhata ibibazo no gutera ubwoba uwakekwagaho ubujura amakuru Abapolisi barangaye imodoka ya Perezida Museveni igaterwa amabuye bamanuwe mu mapeti amakuru U Rwanda rwateye utwatsi ibivugwa ko hari ahantu hatazwi hafungirwa abantu NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)
Bugesera: Umukuru w’Umudugudu yakaswe ururimi akekwaho gusambanya umugore w’abandi UMUBAVU.com umubavu Kuya 29-11-2018 saa 19:53' whatsapp Facebook Umukuru w’Umudugudu wa Mububa, Akagari ka Tunda, Umurenge wa Kamabuye mu Karere ka Bugesera, witwa Migambi Emmanuel, yakebwe ururimi aranakubitwa akekwaho gusambana n’umugore w’umuturage witwa Maniraguha Vianney. Amakuru agera ku IGIHE avuga ko uyu mugabo Migambi ubu arembeye mu bitaro by’Akarere ka Bugesera i Nyamata, ahagenewe indembe ndetse akaba atabasha no kuvuga kubera ko yabyimbye umusaya w’iburyo. Bivugwa ko uyu muyobozi n’umugore basambanaga bafatiwe mu Murenge wa Ngeruka ariko ari abo mu Murenge wa Kamabuye. Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera buvuga ko umugore wafashwe asambana umugabo we yari yamenye amakuru y’uko yari afite gahunda yo kujya gusambana n’umukuru w’Umudugudu, ku buryo ari byo byatumye amukurikira kugeza ubwo amufatiye mu cyuho. Meya w’Akarere ka Bugesera Mutabazi Richard yabwiye IGIHE ati “ Nibyo byarabaye twahawe amakuru y’uko hari uwafatiwe mu cyuho cy’ubusambanyi hanyuma arwana n’abo yasambanyirizaga umugore birangira baciye ururimi.” Yahamije ko uyu mugabo yakaswe ururimi ndetse iperereza ryatangiye kugira ngo hamenyekane niba nta bandi babigizemo uruhare kuko bitumvikana uburyo umuntu umwe yamukata ururimi. Yaboneyeho gushishikariza abaturage kuba inyangamugayo no kwirinda amakimbirane n’ibyatuma imiryango ibana nabi. Kugeza ubu umugore wafashwe asambana n’umugabo we ukekwaho guca ururimi uwamusambanyirizaga umugore bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Ruhuha, mu gihe Umukuru w’Umudugudu we arembeye mu bitaro. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Semivumbi j.Bosco Kuya 4-01-2019 Uwo Mugabo Naramuka Akize Muzamuhe Uwo Mugore Amwitungire. Semivumbi j.Bosco Kuya 4-01-2019 Uwo Mugabo Naramuka Akize Muzamuhe Uwo Mugore Amwitungire. INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ubukwe bwa Umurerwa Olive wari wapfakaye akiri umugeni bwabaye agahebuzo-AMAFOTO&VIDEO ubuzima Urusaku rw’agakingirizo k’abagore mu gutera akabariro, intandaro yo kudakunda kugakoresha amakuru Uganda: Gen. Kale Kayihura yatahuweho indi Dosiye ikakaye ishobora kumushyirishamo amakuru Umwana utangaje! Yamenye gusoma no kwandika afite imyaka 2 gusa, ku myaka 13 ubu ni umushakashatsi amakuru Abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye ntibazongera gutegura ibizamini bisoza ibihembwe n’umwaka iyobokamana Umupadiri wari ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana Amakuru yo hanze Indonesia: Polisi yifashishije inzoka mu guhata ibibazo no gutera ubwoba uwakekwagaho ubujura amakuru Abapolisi barangaye imodoka ya Perezida Museveni igaterwa amabuye bamanuwe mu mapeti amakuru U Rwanda rwateye utwatsi ibivugwa ko hari ahantu hatazwi hafungirwa abantu NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)