Close MORE NEWS Bobi Wine yasubukuye kwiyamamaza yambaye ibitamenwa n’amasasu-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 3-12-2020 saa 08:50' whatsapp Facebook Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yasubukuye ibikorwa bye byo kwiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu cya Uganda nyuma y’umunsi umwe abisubitse, kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Ukuboza 2020 akaba yabisubukuye noneho yambaye ibikoresho bimurinda amasasu (anti-balle na casque). Ni mu rwego rwo gukaza umutekano we bitewe n’uburyo akomeje gukumirwa n’abashinzwe umutekano bagera ubwo barasa ibyuka biryana mu maso mu bayoboke be rimwe na rimwe n’amasasu. Nk’uko Bobi Wine yabitangarije ku rubuga rwa Twitter, ibikorwa cyo kwiyamamaza yabikomereje mu gace ka Kubuku, Budaka na Manafwa, at “Ubwacu ni ubutumwa bugana ku kwibohora.” Ku bijyanye n’ibi bikoresho bimurinda amasasu, Bobi Wine yagize ati “N’ubwo nanyura mu kibaya cy’igicucu cy’urupfu, ntabwo nzatinya ikibi, kuko Umwami ari kumwe nanjye.” Ku wa Kabiri tariki ya 1 Ukuboza 2020 ni bwo Bobi Wine yatangaje ko abaye asubitse ibikorwa byo kwiyamamaza, hari nyuma yuko inzego z’umutekano zari zimaze gukomeretsa umupolisi umurinda, ASP Kato na Dan Magic umutunganyiriza umuziki, bagatobora amapine y’imodoka ye ndetse bakayimena n’ikirahuri cy’imbere. Kuri uyu wa 2 Ukuboza 2020, uyu mukandida yavuze ko yagiye ku biro bya Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, kubaza niba ari yo iri kugenzura ibikorwa byo kwiyamamaza cyangwa se niba ari abashinzwe umutekano bakomeje kumuzitira. Robert Kyagulanyi (Bobi Wine), ni umuhanzi wo mu njyana ya ’afrobeat’ ubu akaba ari umudepite mu nteko ya Uganda. Ahagarariye akarere ka Kyadondo kari rwagati muri Uganda. Ni we ubonwa nk’ufite amahirwe menshi yo guhigika Museveni mu matora ateganyijwe kuba ku itariki ya 14 y’ukwezi kwa mbere mu 2021. Bobi Wine yahisemo kwiyamamaza yambaye ubwirinzi Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine ni we uhabwa amahirwwe yo kuba yahigika Museveni umaze ku butegetsi imyaka irenga 30 U RWANDA RUHAKANA KO ABARIMO PEREZIDA KAGAME BAKOZE IBYAHA BY’INTAMBARA, RUJIGIRO NTAKOZWA IBYO KWISHYURWA N’U RWANDA AMAFARANGA RWATEGETSWE N’URUKIKO RWA EAC KUMWISHYURA, AYA MAKURU N’ANDI URAYIYUMVIRA BIRAMBUYE MURI IYI VIDEO: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Covid-19 yatumye yihisha amezi 3 ku kibuga cy’indege amakuru Uretse Kigali: Impungenge ni nyinshi mu gihe amashuri 3 abanza n’ay’incuke yafunguye imyidagaduro Nyuma y’umukino wayihuje na Zimbabwe Cameroon irashinjwa amarozi amakuru Umwe mu banenga Putin yafunzwe akigera i Moscow NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Bobi Wine yasubukuye kwiyamamaza yambaye ibitamenwa n’amasasu-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 3-12-2020 saa 08:50' whatsapp Facebook Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yasubukuye ibikorwa bye byo kwiyamamariza umwanya w’Umukuru w’Igihugu cya Uganda nyuma y’umunsi umwe abisubitse, kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Ukuboza 2020 akaba yabisubukuye noneho yambaye ibikoresho bimurinda amasasu (anti-balle na casque). Ni mu rwego rwo gukaza umutekano we bitewe n’uburyo akomeje gukumirwa n’abashinzwe umutekano bagera ubwo barasa ibyuka biryana mu maso mu bayoboke be rimwe na rimwe n’amasasu. Nk’uko Bobi Wine yabitangarije ku rubuga rwa Twitter, ibikorwa cyo kwiyamamaza yabikomereje mu gace ka Kubuku, Budaka na Manafwa, at “Ubwacu ni ubutumwa bugana ku kwibohora.” Ku bijyanye n’ibi bikoresho bimurinda amasasu, Bobi Wine yagize ati “N’ubwo nanyura mu kibaya cy’igicucu cy’urupfu, ntabwo nzatinya ikibi, kuko Umwami ari kumwe nanjye.” Ku wa Kabiri tariki ya 1 Ukuboza 2020 ni bwo Bobi Wine yatangaje ko abaye asubitse ibikorwa byo kwiyamamaza, hari nyuma yuko inzego z’umutekano zari zimaze gukomeretsa umupolisi umurinda, ASP Kato na Dan Magic umutunganyiriza umuziki, bagatobora amapine y’imodoka ye ndetse bakayimena n’ikirahuri cy’imbere. Kuri uyu wa 2 Ukuboza 2020, uyu mukandida yavuze ko yagiye ku biro bya Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, kubaza niba ari yo iri kugenzura ibikorwa byo kwiyamamaza cyangwa se niba ari abashinzwe umutekano bakomeje kumuzitira. Robert Kyagulanyi (Bobi Wine), ni umuhanzi wo mu njyana ya ’afrobeat’ ubu akaba ari umudepite mu nteko ya Uganda. Ahagarariye akarere ka Kyadondo kari rwagati muri Uganda. Ni we ubonwa nk’ufite amahirwe menshi yo guhigika Museveni mu matora ateganyijwe kuba ku itariki ya 14 y’ukwezi kwa mbere mu 2021. Bobi Wine yahisemo kwiyamamaza yambaye ubwirinzi Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine ni we uhabwa amahirwwe yo kuba yahigika Museveni umaze ku butegetsi imyaka irenga 30 U RWANDA RUHAKANA KO ABARIMO PEREZIDA KAGAME BAKOZE IBYAHA BY’INTAMBARA, RUJIGIRO NTAKOZWA IBYO KWISHYURWA N’U RWANDA AMAFARANGA RWATEGETSWE N’URUKIKO RWA EAC KUMWISHYURA, AYA MAKURU N’ANDI URAYIYUMVIRA BIRAMBUYE MURI IYI VIDEO: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Covid-19 yatumye yihisha amezi 3 ku kibuga cy’indege amakuru Uretse Kigali: Impungenge ni nyinshi mu gihe amashuri 3 abanza n’ay’incuke yafunguye imyidagaduro Nyuma y’umukino wayihuje na Zimbabwe Cameroon irashinjwa amarozi amakuru Umwe mu banenga Putin yafunzwe akigera i Moscow NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika