Close MORE NEWS Bishop yakubiswe iz’akabwana nyuma yo gufatwa asambana n’umugore wa murumuna we UMUBAVU.com admin Kuya 25-06-2019 saa 11:00' whatsapp Facebook Bishop Timothy Wanyoike wo mu gace ka Nyeri mu gihugu cya Kenya yakubiswe iz’akabwana nyuma yo gufatwa ari gusambana n’umugore wa murumuna we. Bishop Wanyoike w’Imyaka 40 y’amavuko akaba yarafashwe ari gusamabana n’umugore wa murumuna we witwa Scholar Kariuki w’imyaka 21 y’amavuko. Ngo uyu murumuna wa Bishop ,Macharia akaba yaramenye ko umugore we Scholar amuca inyuma ubwoyarebeba muri telefone ye igendanwa agasangamo ubutumwa ubugufi yandikirana na mukuru we nk’uko bitangazwa na xbz. Ngo nyuma yo kubona ubu butumwa yashutse umugore we ko hari ahantu agiye kandi ko azamarayo iminsi ngo gusa ntiyigeze ajya kure kuko akimara kuhakura ikirenge umugore we (Scholar) yahise ajya kwa Bishop bahita batangira gusambana. Ubwo ngo bari muri iki gikorwa nibwo murumuna we wari wabacunze yaje kuzana n’abaturage babagwa hejuru ,Bishop yagerageje guhunga kubera inkoni gusa ngo yaje guhura n’umugore we w’isezerano wamukubise ku buryo bufatika aho yaje gukizwa na Polisi agahita ajyanwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nyeri. Ngo amashusho ya Bishop yafashwe asamabana n’umugore we murumuna we akaba akomeje guca ibintu. Umwali Alice/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Bishop yakubiswe iz’akabwana nyuma yo gufatwa asambana n’umugore wa murumuna we UMUBAVU.com admin Kuya 25-06-2019 saa 11:00' whatsapp Facebook Bishop Timothy Wanyoike wo mu gace ka Nyeri mu gihugu cya Kenya yakubiswe iz’akabwana nyuma yo gufatwa ari gusambana n’umugore wa murumuna we. Bishop Wanyoike w’Imyaka 40 y’amavuko akaba yarafashwe ari gusamabana n’umugore wa murumuna we witwa Scholar Kariuki w’imyaka 21 y’amavuko. Ngo uyu murumuna wa Bishop ,Macharia akaba yaramenye ko umugore we Scholar amuca inyuma ubwoyarebeba muri telefone ye igendanwa agasangamo ubutumwa ubugufi yandikirana na mukuru we nk’uko bitangazwa na xbz. Ngo nyuma yo kubona ubu butumwa yashutse umugore we ko hari ahantu agiye kandi ko azamarayo iminsi ngo gusa ntiyigeze ajya kure kuko akimara kuhakura ikirenge umugore we (Scholar) yahise ajya kwa Bishop bahita batangira gusambana. Ubwo ngo bari muri iki gikorwa nibwo murumuna we wari wabacunze yaje kuzana n’abaturage babagwa hejuru ,Bishop yagerageje guhunga kubera inkoni gusa ngo yaje guhura n’umugore we w’isezerano wamukubise ku buryo bufatika aho yaje gukizwa na Polisi agahita ajyanwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Nyeri. Ngo amashusho ya Bishop yafashwe asamabana n’umugore we murumuna we akaba akomeje guca ibintu. Umwali Alice/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu