Close MORE NEWS Barack Obama yahishuye uburyo uwenda kuba umukwe we arya cyane UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 22-12-2020 saa 08:02' whatsapp Facebook Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama yagarutse ku bihe bya ‘Guma mu rugo’ yanyuzemo n’umuryango we, ariko by’umwihariko ahishura byinshi ku umusore, Rory Farquharson ukundana n’umukobwa we w’imfura, Malia Obama. Kimwe n’abandi baturage ba Amerika, Barack Obama, na we byabaye ngombwa ko aguma mu rugo mu rwego rwo kubahiriza amabwiriza y’abashinzwe ubuzima muri iki gihe Isi yose yugarijwe n’icyorezo cya Covid-19. Iki gihe nk’uko urubuga rwa msn.com rubivuga, cyatumye Obama abasha kumarana igihe n’abakobwa be babiri, Malia, w’imyaka 22 na Sasha, w’imyaka 19 ndetse no kurushaho kumenya umukunzi w’umukobwa we mukuru. Mu kiganiro yagiranaga n’umunyamakuru w’imikino, Bill Simmons, Barack Obama yamuhishuriye ko yageze aho atangazwa n’uburyo uyu musore wenda kuzaba umukwe we arya cyane bya gisore. Ati “Ni Umwongereza. Ni umusore ukiri muto ufite ubwenge. Yari yaraheze hano kubera ikibazo cya Visa ariko kubera ko yari yiyemeje gukora akazi twaramucumbikiye. Nta bushake mfite bwo kumukunda ariko ni umuhungu mwiza.” Obama yakomeje atebya agira ati “Ntibigutangaze Bill kubera ko nawe ufite umuhungu, ariko abasore bararya cyane, biratangaza kubabona barya. Na fagitire yanjye yiyongereyeho 30%.” Kuva muri 2017, Malia Obama ari mu rukundo n’umusore Rory Farquharson, Umwongereza w’imyaka 22 bahuriye ku ntebe y’ishuri muri Kaminuza ya Harvard. Barack Obama aherutse gusohora igitabo yanditse yise “A Promised Land”, aho asobanuramo ukuntu igice cya mbere cya Guma mu rugo yakimaze akina imikino itandukanye anakorana ibikorwa by’ubugeni n’umugore we n’abakobwa babo ndetse na Roy ariko ngo nyuma abana bagatangira kurambirwa kwirirwana na bo. Malia Obama w’imyaka 22 y’amavuko ari mu rukundo n’umusore Rory Farquharson Malia Obama ari kumwe na Se Barack Obama Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima abamusabye kurekura Rusesabagina! Hizejwe impinduka ku misoro ihanitse y’ubutaka yinubiwe n’abaturage: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Luc Kuya 23-12-2020 Dore ingaruka zo "gutahira" sobukwe arakuvuze wa musore we. Nta kabanga kweri INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Barack Obama yahishuye uburyo uwenda kuba umukwe we arya cyane UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 22-12-2020 saa 08:02' whatsapp Facebook Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama yagarutse ku bihe bya ‘Guma mu rugo’ yanyuzemo n’umuryango we, ariko by’umwihariko ahishura byinshi ku umusore, Rory Farquharson ukundana n’umukobwa we w’imfura, Malia Obama. Kimwe n’abandi baturage ba Amerika, Barack Obama, na we byabaye ngombwa ko aguma mu rugo mu rwego rwo kubahiriza amabwiriza y’abashinzwe ubuzima muri iki gihe Isi yose yugarijwe n’icyorezo cya Covid-19. Iki gihe nk’uko urubuga rwa msn.com rubivuga, cyatumye Obama abasha kumarana igihe n’abakobwa be babiri, Malia, w’imyaka 22 na Sasha, w’imyaka 19 ndetse no kurushaho kumenya umukunzi w’umukobwa we mukuru. Mu kiganiro yagiranaga n’umunyamakuru w’imikino, Bill Simmons, Barack Obama yamuhishuriye ko yageze aho atangazwa n’uburyo uyu musore wenda kuzaba umukwe we arya cyane bya gisore. Ati “Ni Umwongereza. Ni umusore ukiri muto ufite ubwenge. Yari yaraheze hano kubera ikibazo cya Visa ariko kubera ko yari yiyemeje gukora akazi twaramucumbikiye. Nta bushake mfite bwo kumukunda ariko ni umuhungu mwiza.” Obama yakomeje atebya agira ati “Ntibigutangaze Bill kubera ko nawe ufite umuhungu, ariko abasore bararya cyane, biratangaza kubabona barya. Na fagitire yanjye yiyongereyeho 30%.” Kuva muri 2017, Malia Obama ari mu rukundo n’umusore Rory Farquharson, Umwongereza w’imyaka 22 bahuriye ku ntebe y’ishuri muri Kaminuza ya Harvard. Barack Obama aherutse gusohora igitabo yanditse yise “A Promised Land”, aho asobanuramo ukuntu igice cya mbere cya Guma mu rugo yakimaze akina imikino itandukanye anakorana ibikorwa by’ubugeni n’umugore we n’abakobwa babo ndetse na Roy ariko ngo nyuma abana bagatangira kurambirwa kwirirwana na bo. Malia Obama w’imyaka 22 y’amavuko ari mu rukundo n’umusore Rory Farquharson Malia Obama ari kumwe na Se Barack Obama Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima abamusabye kurekura Rusesabagina! Hizejwe impinduka ku misoro ihanitse y’ubutaka yinubiwe n’abaturage: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Luc Kuya 23-12-2020 Dore ingaruka zo "gutahira" sobukwe arakuvuze wa musore we. Nta kabanga kweri INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika