Close MORE NEWS Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 14-01-2021 saa 13:08' whatsapp Facebook Amaze gutora, umukandida w’uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yavuze ko ari "ikintu gikomeye" kwibona ku rupapuro rw’itora. Yari aherekejwe n’umugore we Barbie Kyagulanyi ku biro by’itora, biri hanze gato y’umujyi wa Kampala aho batoreye, hari imbaga y’abantu bamutegereje. Perezida Museveni yatoreye mu burengerazuba mu gace k’icyaro aho akomoka anafite urugo. Mu gihugu internet n’imbuga nkoranyambaga byarafunzwe mbere y’amatora, amakuru y’uko ari kugenda ntagera hose. Ku mirongo y’itora, abaje gutora baganiriye na BBC i Kampala umwe yagize ati: "Mbere na mbere turashaka amahoro. Turasaba komisiyo y’amatora ko aya matora agenda neza." I Kampala hari umwuka w’ubwoba, umutekano wakajijwe n’abapolisi n’abasirikare, abaturage bamwe batinye kujya gutora nk’uko umunyamakuru wa BBC Catherine Byaruhanga abivuga. Bobi Wine yavuze ko kwibona ku rupapuro rw’itora byasubije ibitekerezo bye mu nzu bita ’ghettos’ yakuriyemo, mu cyaro, no ku nshuti ze. Ati: "…kuri twebwe abo bose batigeze babona ko dushobora kugira icyo tumaze. "Byanteye ishema no kwicisha bugufi, numvise kandi ari inshingano ikomeye kuri njye ariko nanone ari ikintu gikomeye ngezeho."Amaze gutora, umukandida w’uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yavuze ko ari "ikintu gikomeye" kwibona ku rupapuro rw’itora. Barbie na Robert Kyagulanyi baje gutora Aya matora yatangiye kuva saa moya ku isaha yaho, imirongo miremire y’abatora yabonetse mu bice bitandukanye by’igihugu, barahitamo umukandida umwe mu 10 bahatanira uwo mwanya. Hamwe na hamwe havuzwe gukerererwa kw’ibikoresho by’amatora biba ngombwa ko abatora bategereza, nk’uko umunyamakuru wa BBC Gahuzamiryango uri i Kampala abivuga. Imirongo y’abagiye gutora mu nkengero za Kampala Ibikorwa byo kwiyamamaza byabayemo urugomo ndetse hapfuye abantu babarirwa muri mirongo, biganjemo abo ku ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi. Perezida Museveni arashaka manda ya Gatandatu nyuma y’imyaka hafi 35 amaze ku butegetsi. Ibyavuye muri aya matora by’ibanze biratangazwa nyuma y’amasaha 48 nk’uko bivugwa na komisiyo ishinzwe amatora. Tubibutse ko utorerwa kuba Perezida asabwa gutorwa ku majwi 50% kongeraho ijwi rimwe gusa, iyo bitagenze uko amatora agira ikindi kiciro cya Kabiri. Abatora Perezida Kandi bagomba no gutora Abadepite 529. Hamwe ibikoresho by’amatora byatinze abaje gutora barinuba\ Bobi Wine yatoreye hafi y’iwe ahitwa Magere mu karere ka Wakiso hanze gato y’umujyi wa Kampala ABATURAGE BA BANNYAHE NONEHO BARIYE KARUNGU, BATI “MINISITIRI ABA YAREGUYE” GUSA AGAHINDA KAGIYE KUBICA, BUMVE MURI IYI VIDEO UTAPFA GUSANGA AHANDI: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Luc Kuya 14-01-2021 Ariko mfite ibibazo 2 icya mbere: aya matora ahenda gutya aba ari aya rubanzaki ko uzayatsinda aba azwi. Icya 2: kuki abantu biyabamariza umwanya nkuyu babyemerewe n.amategeko bateshwa umutwe kugeza naho basiragira munkiko !? Hahahh narumiwe kabisa dictatures nikibazo INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 14-01-2021 saa 13:08' whatsapp Facebook Amaze gutora, umukandida w’uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yavuze ko ari "ikintu gikomeye" kwibona ku rupapuro rw’itora. Yari aherekejwe n’umugore we Barbie Kyagulanyi ku biro by’itora, biri hanze gato y’umujyi wa Kampala aho batoreye, hari imbaga y’abantu bamutegereje. Perezida Museveni yatoreye mu burengerazuba mu gace k’icyaro aho akomoka anafite urugo. Mu gihugu internet n’imbuga nkoranyambaga byarafunzwe mbere y’amatora, amakuru y’uko ari kugenda ntagera hose. Ku mirongo y’itora, abaje gutora baganiriye na BBC i Kampala umwe yagize ati: "Mbere na mbere turashaka amahoro. Turasaba komisiyo y’amatora ko aya matora agenda neza." I Kampala hari umwuka w’ubwoba, umutekano wakajijwe n’abapolisi n’abasirikare, abaturage bamwe batinye kujya gutora nk’uko umunyamakuru wa BBC Catherine Byaruhanga abivuga. Bobi Wine yavuze ko kwibona ku rupapuro rw’itora byasubije ibitekerezo bye mu nzu bita ’ghettos’ yakuriyemo, mu cyaro, no ku nshuti ze. Ati: "…kuri twebwe abo bose batigeze babona ko dushobora kugira icyo tumaze. "Byanteye ishema no kwicisha bugufi, numvise kandi ari inshingano ikomeye kuri njye ariko nanone ari ikintu gikomeye ngezeho."Amaze gutora, umukandida w’uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yavuze ko ari "ikintu gikomeye" kwibona ku rupapuro rw’itora. Barbie na Robert Kyagulanyi baje gutora Aya matora yatangiye kuva saa moya ku isaha yaho, imirongo miremire y’abatora yabonetse mu bice bitandukanye by’igihugu, barahitamo umukandida umwe mu 10 bahatanira uwo mwanya. Hamwe na hamwe havuzwe gukerererwa kw’ibikoresho by’amatora biba ngombwa ko abatora bategereza, nk’uko umunyamakuru wa BBC Gahuzamiryango uri i Kampala abivuga. Imirongo y’abagiye gutora mu nkengero za Kampala Ibikorwa byo kwiyamamaza byabayemo urugomo ndetse hapfuye abantu babarirwa muri mirongo, biganjemo abo ku ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi. Perezida Museveni arashaka manda ya Gatandatu nyuma y’imyaka hafi 35 amaze ku butegetsi. Ibyavuye muri aya matora by’ibanze biratangazwa nyuma y’amasaha 48 nk’uko bivugwa na komisiyo ishinzwe amatora. Tubibutse ko utorerwa kuba Perezida asabwa gutorwa ku majwi 50% kongeraho ijwi rimwe gusa, iyo bitagenze uko amatora agira ikindi kiciro cya Kabiri. Abatora Perezida Kandi bagomba no gutora Abadepite 529. Hamwe ibikoresho by’amatora byatinze abaje gutora barinuba\ Bobi Wine yatoreye hafi y’iwe ahitwa Magere mu karere ka Wakiso hanze gato y’umujyi wa Kampala ABATURAGE BA BANNYAHE NONEHO BARIYE KARUNGU, BATI “MINISITIRI ABA YAREGUYE” GUSA AGAHINDA KAGIYE KUBICA, BUMVE MURI IYI VIDEO UTAPFA GUSANGA AHANDI: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Luc Kuya 14-01-2021 Ariko mfite ibibazo 2 icya mbere: aya matora ahenda gutya aba ari aya rubanzaki ko uzayatsinda aba azwi. Icya 2: kuki abantu biyabamariza umwanya nkuyu babyemerewe n.amategeko bateshwa umutwe kugeza naho basiragira munkiko !? Hahahh narumiwe kabisa dictatures nikibazo INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika