Close MORE NEWS Amatora Tanzania: Magufuli yanikiye mukeba we Tundu Lissu UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 30-10-2020 saa 16:11' whatsapp Facebook Mu gihe ibyavuye mu matora muri Tanzania bigikomeje gukusanywa, amajwi y’agateganyo amaze gutangazwa ku matora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa Gatatu tariki ya 28 Ukwakira 2020, yerekana ko Dr John Pombe Magufuli w’ishyaka riri ku butegetsi rya CCM yanikiye mukeba we Tundu Lissu wa Chadema. Nk’uko bitangazwa n’ukuriye akanama gashinzwe amatora muri Tanzania, Perezida Magufuli ngo ari imbere cyane ku ijanisha rya 80% ku majwi amaze kubarurwa angana na bibiri bya Gatatu. Umukeba we mukuru wo mu ishyaka rya Chadema, Tundu Lissu afite amajwi angana na 12% by’amaze kubarurwa. Komisiyo y’amatora ivuga ko kugeza ubu imaze kubarura amajwi yavuye mu turere tw’amatora 225 kuri 264. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bavuga ko batazemera ibizatangazwa ko byavuye mu matora yo ku wa Gatatu tariki ya 28/10/2020. Akanama gashinzwe gutegura no guhagararira amatora muri Tanzania kavuga ko kazatangaza amajwi ntakuka y’ibyavuye muri ayo matora ejo ku wa Gatandatu tariki ya 31/10/2020. Hon BAMPORIKI YASUBIJE UWAMUSABYE KUBARIRA IMINSI YE KU NTOKI, OFISIYE YACIKANYE AKAYABO, AYA N’ANDI MAKURU MESNHI UTASANGA AHANDI NI K’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisi wari urinze umutekano wa Perezida yatunguranye yuzura ‘umwuka wera’ amakuru Iyicarubozo, ubwicanyi ndengakamere,kuburirwa irengero n’ibindi, ibihugu 24 byasabye u Rwanda kubihagarika amakuru Sadate yasabwe kwishyura ½ cy’amafaranga yemereye Amavubi amakuru Red-Tabara yemeza ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda ari abayo amakuru Chameleone agiye kwimukira muri Amerika nyuma yo gutsindwa amatora amakuru Col Rutiganda wari Burugumesitiri wa Murama ya Gitarama yapfiriye mu mashyamba ya DRC amakuru Biravugwa ko Coronavirus yaba iri kuvuza ubuhuha muri Tanzania amakuru Murumuna wa Dr Kigabo yitabye Imana ku munsi mukuru we yarii gushyingurwaho amakuru Kigali: Umuyobozi w’Umudugudu yemerewe gutanga uruhushya rwo kujya kwivuza. NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Amatora Tanzania: Magufuli yanikiye mukeba we Tundu Lissu UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 30-10-2020 saa 16:11' whatsapp Facebook Mu gihe ibyavuye mu matora muri Tanzania bigikomeje gukusanywa, amajwi y’agateganyo amaze gutangazwa ku matora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa Gatatu tariki ya 28 Ukwakira 2020, yerekana ko Dr John Pombe Magufuli w’ishyaka riri ku butegetsi rya CCM yanikiye mukeba we Tundu Lissu wa Chadema. Nk’uko bitangazwa n’ukuriye akanama gashinzwe amatora muri Tanzania, Perezida Magufuli ngo ari imbere cyane ku ijanisha rya 80% ku majwi amaze kubarurwa angana na bibiri bya Gatatu. Umukeba we mukuru wo mu ishyaka rya Chadema, Tundu Lissu afite amajwi angana na 12% by’amaze kubarurwa. Komisiyo y’amatora ivuga ko kugeza ubu imaze kubarura amajwi yavuye mu turere tw’amatora 225 kuri 264. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bavuga ko batazemera ibizatangazwa ko byavuye mu matora yo ku wa Gatatu tariki ya 28/10/2020. Akanama gashinzwe gutegura no guhagararira amatora muri Tanzania kavuga ko kazatangaza amajwi ntakuka y’ibyavuye muri ayo matora ejo ku wa Gatandatu tariki ya 31/10/2020. Hon BAMPORIKI YASUBIJE UWAMUSABYE KUBARIRA IMINSI YE KU NTOKI, OFISIYE YACIKANYE AKAYABO, AYA N’ANDI MAKURU MESNHI UTASANGA AHANDI NI K’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisi wari urinze umutekano wa Perezida yatunguranye yuzura ‘umwuka wera’ amakuru Iyicarubozo, ubwicanyi ndengakamere,kuburirwa irengero n’ibindi, ibihugu 24 byasabye u Rwanda kubihagarika amakuru Sadate yasabwe kwishyura ½ cy’amafaranga yemereye Amavubi amakuru Red-Tabara yemeza ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda ari abayo amakuru Chameleone agiye kwimukira muri Amerika nyuma yo gutsindwa amatora amakuru Col Rutiganda wari Burugumesitiri wa Murama ya Gitarama yapfiriye mu mashyamba ya DRC amakuru Biravugwa ko Coronavirus yaba iri kuvuza ubuhuha muri Tanzania amakuru Murumuna wa Dr Kigabo yitabye Imana ku munsi mukuru we yarii gushyingurwaho amakuru Kigali: Umuyobozi w’Umudugudu yemerewe gutanga uruhushya rwo kujya kwivuza. NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi