Close MORE NEWS Akarere ka Huye kabonye Meya mushya UMUBAVU.com admin Kuya 29-06-2018 saa 11:21' whatsapp Facebook Ange Sebutege niwe umaze gutorerwa kuba umuyobozi w’Akarere ka Huye ku majwi 225 kuri 278 y’abatoye. Arasimbura Veneranda Uwamariya wari umuyobozi w’Agateganyo wasimbuye Eugene Muzuka wegujwe. Ange Sebutege w’imyaka 36 yari asanzwe ari umuyobozi w’ishami rishinzwe itangwa rya service mu Kigo gishinzwe abinjira n’abasohoka mu Rwanda, yatsinze undi mukandida witwa Kayisire Pauline wagize amajwi 52 gusa. Sebutege Ange watorewe kuyobora aka karere asanzwe ari nako akomokamo. Sebutege Ange ni umugabo ufite imyaka 36 y’amavuko. Afite umugore n’abana babiri. Akaba yakoraga muri Immigration ahagarariye ishami rishinzwe imitangire myiza ya service n’itumanaho. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Akarere ka Huye kabonye Meya mushya UMUBAVU.com admin Kuya 29-06-2018 saa 11:21' whatsapp Facebook Ange Sebutege niwe umaze gutorerwa kuba umuyobozi w’Akarere ka Huye ku majwi 225 kuri 278 y’abatoye. Arasimbura Veneranda Uwamariya wari umuyobozi w’Agateganyo wasimbuye Eugene Muzuka wegujwe. Ange Sebutege w’imyaka 36 yari asanzwe ari umuyobozi w’ishami rishinzwe itangwa rya service mu Kigo gishinzwe abinjira n’abasohoka mu Rwanda, yatsinze undi mukandida witwa Kayisire Pauline wagize amajwi 52 gusa. Sebutege Ange watorewe kuyobora aka karere asanzwe ari nako akomokamo. Sebutege Ange ni umugabo ufite imyaka 36 y’amavuko. Afite umugore n’abana babiri. Akaba yakoraga muri Immigration ahagarariye ishami rishinzwe imitangire myiza ya service n’itumanaho. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu