Close MORE NEWS Musanze: Hafunzwe umuganga ukekwaho kwica wa mwangavu witwa Iradukunda UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 11-11-2020 saa 07:24' whatsapp Facebook Nyuma y’inkuru yavugaga iby’urupfu rw’umwangavu witwa Iradukunda Emerence ukomoka mu Karere ka Burera ariko umurambo we ukaba warabonywe muri Musanze uboshye kandi nta kintu yambaye, ubu amakuru aravuga ko hari umugabo witwa Maniriho usanzwe ari Muganga muri Musanze watawe muri yombi akekwaho kwica uyu mwali. Ku itariki ya 04 Ugushyingo, 2020 nibwo mu bitangazamakuru bitandukanye hakwirakwiye inkuru y’urupfu rwa Iradukunda Emerence byavugwaga ko yishwe avuye mu bukwe mu Karere Musanze. Icyo gihe amakuru yavugaga ko uriya mukobwa yari yaravuye iwabo mu Kagari ka Kidakama, Umurenge wa Gahunga muri Burera agiye mu bukwe i Musanze. Dr Thierry B. Murangira, uvugizi w’urwego rugenza ibyaha mu Rwanda, RIB yabwiye UMUSEKE ko hari umugabo witwa Miniriho watawe muri yombi akurikiranyweho uruhare mu iyicwa rya Iradukunda Emerance w’imyaka 17 y’amavuko. Ati “Ubu noneho hafashwe umugabo witwa Maniriho wakoraga muri Clinic i Musanze. Yatawe muri yombi tariki ya 09 Ugushyingo, akaba akekwaho kandi akurikiranweho icyaha cyo kuba yarasambanyije kandi akica Iradukunda Emerance.” Ku byerekeye ubugenzacyaha, hari amakuru avuga ko RIB yategetse ko umurambo wa Iradukunda utabururwa kugira ngo iperereza rikomeze, kuko abavandimwe n’abandi bari bahisemo kumushyingura. Kuri iyi ngingo Dr Murangira, avuga ko gutaburura uriya murambo byakozwe mu nyungu z’iperereza. Ati “…Impamvu ya biriya byose ni iperereza. Iyo ukora iperereza hari ibimenyetso ugenda ugeraho bikakwerekeza ku bindi.” Ku itariki ya 02 Ugushyingo, 2020 nibwo umurambo wa Iradukunda Emerance bawusanze mu murima w’umuturage wo mu Kagari ka Gakoro, Umurenge wa Gacaca muri Musanze. Icyo gihe umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gahunga, Mukamusoni Jeanne d’Arc, yavuze ko amakuru bafite avuga ko ku wa Gatatu w’Icyumweru gishize uriya mukobwa yari yagiye gufasha mugenzi we wari ufite mukuru we ugiye gukora ubukwe mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Burera. Yagize ati “Byageze ku wa Gatanu iwabo bamuhamagaye basanga Telephone itariho, bahamagaye uwo mugenzi we ababwira ko akibafasha imirimo. Ku wa Gatandatu nibwo Se yategetse ko umwana ataha ariko wa mukobwa wari witabye iwabo [wa nyakwigendera] amubwira ko ibyo yamubwiye mbere [by’uko akibafasha imirimo] yamubeshye ahubwo ko yatashye.” Iradukunda Emerence yishwe akiri mutoya kuko yari afite imyaka 17 y’amavuko Menya uko iburanisha ry’urubanza rw’umuyobozi w’UMUBAVU ryagenze, urwa Paul Rusesabagina rwarasubitswe kuko Me Gatera Gashabana ugiye kumwunganira adahari, indaya zo mu Gatsata zirashaka amakarita y’akazi n’andi makuru menshi k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Angal Kuya 5-01-2021 Andika Igitekerezo Hanno Umuganga Nawe Bamwice Angal Kuya 5-01-2021 Andika Igitekerezo Hanno Umuganga Nawe Bamwice Hategekimana Eric Kuya 16-11-2020 Uwo muganga nahanwe kuko yakoze ibintu bibi cyane! Hategekimana Eric Kuya 16-11-2020 Uwo muganga nahanwe kuko yakoze ibintu bibi cyane! D Kuya 11-11-2020 UWOMUGANGA AHANWE YARAHEMUTSE CYANE UWO MWANA IMANA IMWAKIRE. D Kuya 11-11-2020 UWOMUGANGA AHANWE YARAHEMUTSE CYANE UWO MWANA IMANA IMWAKIRE. INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Musanze: Hafunzwe umuganga ukekwaho kwica wa mwangavu witwa Iradukunda UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 11-11-2020 saa 07:24' whatsapp Facebook Nyuma y’inkuru yavugaga iby’urupfu rw’umwangavu witwa Iradukunda Emerence ukomoka mu Karere ka Burera ariko umurambo we ukaba warabonywe muri Musanze uboshye kandi nta kintu yambaye, ubu amakuru aravuga ko hari umugabo witwa Maniriho usanzwe ari Muganga muri Musanze watawe muri yombi akekwaho kwica uyu mwali. Ku itariki ya 04 Ugushyingo, 2020 nibwo mu bitangazamakuru bitandukanye hakwirakwiye inkuru y’urupfu rwa Iradukunda Emerence byavugwaga ko yishwe avuye mu bukwe mu Karere Musanze. Icyo gihe amakuru yavugaga ko uriya mukobwa yari yaravuye iwabo mu Kagari ka Kidakama, Umurenge wa Gahunga muri Burera agiye mu bukwe i Musanze. Dr Thierry B. Murangira, uvugizi w’urwego rugenza ibyaha mu Rwanda, RIB yabwiye UMUSEKE ko hari umugabo witwa Miniriho watawe muri yombi akurikiranyweho uruhare mu iyicwa rya Iradukunda Emerance w’imyaka 17 y’amavuko. Ati “Ubu noneho hafashwe umugabo witwa Maniriho wakoraga muri Clinic i Musanze. Yatawe muri yombi tariki ya 09 Ugushyingo, akaba akekwaho kandi akurikiranweho icyaha cyo kuba yarasambanyije kandi akica Iradukunda Emerance.” Ku byerekeye ubugenzacyaha, hari amakuru avuga ko RIB yategetse ko umurambo wa Iradukunda utabururwa kugira ngo iperereza rikomeze, kuko abavandimwe n’abandi bari bahisemo kumushyingura. Kuri iyi ngingo Dr Murangira, avuga ko gutaburura uriya murambo byakozwe mu nyungu z’iperereza. Ati “…Impamvu ya biriya byose ni iperereza. Iyo ukora iperereza hari ibimenyetso ugenda ugeraho bikakwerekeza ku bindi.” Ku itariki ya 02 Ugushyingo, 2020 nibwo umurambo wa Iradukunda Emerance bawusanze mu murima w’umuturage wo mu Kagari ka Gakoro, Umurenge wa Gacaca muri Musanze. Icyo gihe umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gahunga, Mukamusoni Jeanne d’Arc, yavuze ko amakuru bafite avuga ko ku wa Gatatu w’Icyumweru gishize uriya mukobwa yari yagiye gufasha mugenzi we wari ufite mukuru we ugiye gukora ubukwe mu Murenge wa Rugarama mu Karere ka Burera. Yagize ati “Byageze ku wa Gatanu iwabo bamuhamagaye basanga Telephone itariho, bahamagaye uwo mugenzi we ababwira ko akibafasha imirimo. Ku wa Gatandatu nibwo Se yategetse ko umwana ataha ariko wa mukobwa wari witabye iwabo [wa nyakwigendera] amubwira ko ibyo yamubwiye mbere [by’uko akibafasha imirimo] yamubeshye ahubwo ko yatashye.” Iradukunda Emerence yishwe akiri mutoya kuko yari afite imyaka 17 y’amavuko Menya uko iburanisha ry’urubanza rw’umuyobozi w’UMUBAVU ryagenze, urwa Paul Rusesabagina rwarasubitswe kuko Me Gatera Gashabana ugiye kumwunganira adahari, indaya zo mu Gatsata zirashaka amakarita y’akazi n’andi makuru menshi k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Angal Kuya 5-01-2021 Andika Igitekerezo Hanno Umuganga Nawe Bamwice Angal Kuya 5-01-2021 Andika Igitekerezo Hanno Umuganga Nawe Bamwice Hategekimana Eric Kuya 16-11-2020 Uwo muganga nahanwe kuko yakoze ibintu bibi cyane! Hategekimana Eric Kuya 16-11-2020 Uwo muganga nahanwe kuko yakoze ibintu bibi cyane! D Kuya 11-11-2020 UWOMUGANGA AHANWE YARAHEMUTSE CYANE UWO MWANA IMANA IMWAKIRE. D Kuya 11-11-2020 UWOMUGANGA AHANWE YARAHEMUTSE CYANE UWO MWANA IMANA IMWAKIRE. INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika