Close MORE NEWS Kigali/Gatsata: Abakora uburaya barasaba amakarita y’akazi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 10-11-2020 saa 15:00' whatsapp Facebook Bamwe mu bakora akazi ko kwicuruza bazwi nk’indaya b’ahitwa mu Kiderenka, mu Murenge wa Gatsata, ho mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali baravuga ko ubuzima bwababanye bubi kubera icyorezo cya Covid-19, bakifuza ko ngo ubuyobozi bwabaha amakarita yemeza icyo bari cyo bityo ngo bakajya gushakira no mu tundi turere. Umwe muri aba waganiriye na Bwiza TV, witwa Iradukunda avuga ko ngo mbere abakiriya babaga ari benshi ku buryo hari igihe ku manywa yakiraga nk’abagabo babiri ninjoro akakira batatu, ariko ubu ngo bikaba byarakomeye batakibona abo bagabo. Uyu yiyemerera ko ngo ari indaya ikorera mu Kiderenka, akaba afite imyaka 20 y’amavuko ndetse n’abana babiri, ariko umwe atakiriho, akaba akomoka mu Karere ka Ngororero. Ati “Mfite imyaka 20, uwa Mbere ntabwo ari ho, uwa Kabiri ariho afite umwaka n’amezi abiri". Abajijwe uko ubuzima bwo muri aka gace bwifashe, yasubije agira ati “Twabuze abagabo pe, abagabo bazaga kera, abavuye Nyabugogo bose baza babaririza umuziki wa danger uhitinga, ababebi beza, abo ntitukibabona.” Umunyamakuru yamubajije impamvu avuga ko abagabo babuze kandi mu Kiderenka hagaragara abagabo benshi, asubiza agira ati “Abagangaba nyine baratumenyereye turaziranye. Hari abazaga ku ma moto, mu mamodoka badushaka abo ngabo baratubuze, twarababuze natwe.” Yabajijwe kandi amafaranga bakorera agira ati “Ituru ni 1500, kurara ni 3000 kubera ko ari muri Corona.” Yavuze ko ngo mbere bajyaga mu tubyiniro (nko kwa Mutangana) bakahakura abagabo bameze neza kandi bafite amafaranga. Ati “Twajyaga muri ‘boite’ hariya kwa Mutangana, ibintu bikagenda neza. Ukahakura umugabo wifunze umeze neza wahaze, akaguha n’ibyo bihumbi 10 (10,000 Frw), ariko ubu nta hantu wamukura.” Abajijwe icyifuzo baha ubuyobozi, yagize ati “Ni ukuza kudufasha nyine cyangwa bakaduha udukarite twemeza icyo turi cyo, natwe tukajya guhiga mu tundi turere.” Urubanza rw’umuyobozi w’UMUBAVU, ubujurire bwa Karasira ku kwirukanwa ku kazi ke bwaranzwe, abigaga muri KIM University bari mu gihirahiro, abanyeshuri batewe inda, umunyemari Nkubiri ararembye, n’andi makuru menshi yaranze icyumweru dusoje k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Kigali/Gatsata: Abakora uburaya barasaba amakarita y’akazi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 10-11-2020 saa 15:00' whatsapp Facebook Bamwe mu bakora akazi ko kwicuruza bazwi nk’indaya b’ahitwa mu Kiderenka, mu Murenge wa Gatsata, ho mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali baravuga ko ubuzima bwababanye bubi kubera icyorezo cya Covid-19, bakifuza ko ngo ubuyobozi bwabaha amakarita yemeza icyo bari cyo bityo ngo bakajya gushakira no mu tundi turere. Umwe muri aba waganiriye na Bwiza TV, witwa Iradukunda avuga ko ngo mbere abakiriya babaga ari benshi ku buryo hari igihe ku manywa yakiraga nk’abagabo babiri ninjoro akakira batatu, ariko ubu ngo bikaba byarakomeye batakibona abo bagabo. Uyu yiyemerera ko ngo ari indaya ikorera mu Kiderenka, akaba afite imyaka 20 y’amavuko ndetse n’abana babiri, ariko umwe atakiriho, akaba akomoka mu Karere ka Ngororero. Ati “Mfite imyaka 20, uwa Mbere ntabwo ari ho, uwa Kabiri ariho afite umwaka n’amezi abiri". Abajijwe uko ubuzima bwo muri aka gace bwifashe, yasubije agira ati “Twabuze abagabo pe, abagabo bazaga kera, abavuye Nyabugogo bose baza babaririza umuziki wa danger uhitinga, ababebi beza, abo ntitukibabona.” Umunyamakuru yamubajije impamvu avuga ko abagabo babuze kandi mu Kiderenka hagaragara abagabo benshi, asubiza agira ati “Abagangaba nyine baratumenyereye turaziranye. Hari abazaga ku ma moto, mu mamodoka badushaka abo ngabo baratubuze, twarababuze natwe.” Yabajijwe kandi amafaranga bakorera agira ati “Ituru ni 1500, kurara ni 3000 kubera ko ari muri Corona.” Yavuze ko ngo mbere bajyaga mu tubyiniro (nko kwa Mutangana) bakahakura abagabo bameze neza kandi bafite amafaranga. Ati “Twajyaga muri ‘boite’ hariya kwa Mutangana, ibintu bikagenda neza. Ukahakura umugabo wifunze umeze neza wahaze, akaguha n’ibyo bihumbi 10 (10,000 Frw), ariko ubu nta hantu wamukura.” Abajijwe icyifuzo baha ubuyobozi, yagize ati “Ni ukuza kudufasha nyine cyangwa bakaduha udukarite twemeza icyo turi cyo, natwe tukajya guhiga mu tundi turere.” Urubanza rw’umuyobozi w’UMUBAVU, ubujurire bwa Karasira ku kwirukanwa ku kazi ke bwaranzwe, abigaga muri KIM University bari mu gihirahiro, abanyeshuri batewe inda, umunyemari Nkubiri ararembye, n’andi makuru menshi yaranze icyumweru dusoje k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika