Close MORE NEWS Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 24-06-2019 saa 13:17' whatsapp Facebook Hill Top Hotel&Country Club ni Hoteli iherereye I Remera aho bakunze kwita mu Giporoso urenze Feux-Rouges nka Metero 100 werekeza ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali kiri I Kanombe. Ni Hoteli y’inyenyeri eshatu, ifite serivisi zitandukanye zirimo ibyumba byo kuraramo, igira Resitora eshatu, igira ibyumba by’inama binogera benshi kuko byujuje ibyangombwa byose kugira ngo haberemo inama. Hill Top Hotel&Country Club kandi ifasha abantu bashaka serivisi zijyanye na siporo kuko ifite Swimming Pool, Sauna, Gym ndetse na Massage. Umwihariko wa Hill Top Hotel&Country Club ni uko ifite ibyumba bigera kuri 12 bitandukanye by’inama byujuje ibikoresho byose birimo na Interineti yihuta itagenda nk’akanyamasyo. Umwihariko wa serivisi zitangirwa muri Hill Top Hotel&Country Club, utuma iyo uhageze uhasanga urujya n’uruza rw’abantu (b’abakiriya) baje bashaka izi serivisi dore ko nta handi wapfa kuzisanga. Muri iyi minsi isi yose yerekeje amaso mu gihugu cya Misiri mu mikino y’Igikombe cya Afurika, Hill Top Hotel&Country Club nayo ntiyakwibagiwe kuko yaguteguriye Bare (Bar) yiswe ’Akagera Bar’ aho uza ugafata icyo kurya n’icyo kunywa bimeze neza ariko by’umwihariko umeze nk’ubifatira mu Misiri kubera uburyo uba wirebera umupira kuri za Televiziyo zisobanutse. Mu kiganiro yagiranye n’UMUBAVU, Tuyishimire Innocent ushinzwe kumenyekanisha ibikorwa na serivisi bya Hill Top Hotel&Country Club yavuye imuzi n’imuzingo Serivisi zitangwa n’iyi Hoteli n’umwihariko wayo watuma umuntu ayihitamo arenze amahoteli menshi abarizwa mu mujyi wa Kigali. Iyumvire muri Video byinshi byatuma urenza ingohe amahoteli yo muri Kigali, ukihitiramo Hill Top Hotel&Country Club: @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Abaturage bo ku Muteremuko baravuga ko bahohoterwa n’umuyobozi wa FPR mu Kagari ka Itetero amakuru Idamange agiye kugezwa imbere y’urukiko amakuru Uwimana Abdul wamamaye muri Rayon Sports yafunzwe akekwaho gusambanya umugore w’abandi amakuru Musanze : Arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica abantu babiri abateye icyuma Amakuru yo hanze Uko USA yafashije uwari ukuriye Nissan gucika Ubuyapani atwawe mu ikarito amakuru Ghana: Pasiteri yapfiriye mu rusengero ari gusenga amakuru Inkoko yashinjwe ubwicanyi ifungirwa muri Gereza NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 24-06-2019 saa 13:17' whatsapp Facebook Hill Top Hotel&Country Club ni Hoteli iherereye I Remera aho bakunze kwita mu Giporoso urenze Feux-Rouges nka Metero 100 werekeza ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali kiri I Kanombe. Ni Hoteli y’inyenyeri eshatu, ifite serivisi zitandukanye zirimo ibyumba byo kuraramo, igira Resitora eshatu, igira ibyumba by’inama binogera benshi kuko byujuje ibyangombwa byose kugira ngo haberemo inama. Hill Top Hotel&Country Club kandi ifasha abantu bashaka serivisi zijyanye na siporo kuko ifite Swimming Pool, Sauna, Gym ndetse na Massage. Umwihariko wa Hill Top Hotel&Country Club ni uko ifite ibyumba bigera kuri 12 bitandukanye by’inama byujuje ibikoresho byose birimo na Interineti yihuta itagenda nk’akanyamasyo. Umwihariko wa serivisi zitangirwa muri Hill Top Hotel&Country Club, utuma iyo uhageze uhasanga urujya n’uruza rw’abantu (b’abakiriya) baje bashaka izi serivisi dore ko nta handi wapfa kuzisanga. Muri iyi minsi isi yose yerekeje amaso mu gihugu cya Misiri mu mikino y’Igikombe cya Afurika, Hill Top Hotel&Country Club nayo ntiyakwibagiwe kuko yaguteguriye Bare (Bar) yiswe ’Akagera Bar’ aho uza ugafata icyo kurya n’icyo kunywa bimeze neza ariko by’umwihariko umeze nk’ubifatira mu Misiri kubera uburyo uba wirebera umupira kuri za Televiziyo zisobanutse. Mu kiganiro yagiranye n’UMUBAVU, Tuyishimire Innocent ushinzwe kumenyekanisha ibikorwa na serivisi bya Hill Top Hotel&Country Club yavuye imuzi n’imuzingo Serivisi zitangwa n’iyi Hoteli n’umwihariko wayo watuma umuntu ayihitamo arenze amahoteli menshi abarizwa mu mujyi wa Kigali. Iyumvire muri Video byinshi byatuma urenza ingohe amahoteli yo muri Kigali, ukihitiramo Hill Top Hotel&Country Club: @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Abaturage bo ku Muteremuko baravuga ko bahohoterwa n’umuyobozi wa FPR mu Kagari ka Itetero amakuru Idamange agiye kugezwa imbere y’urukiko amakuru Uwimana Abdul wamamaye muri Rayon Sports yafunzwe akekwaho gusambanya umugore w’abandi amakuru Musanze : Arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica abantu babiri abateye icyuma Amakuru yo hanze Uko USA yafashije uwari ukuriye Nissan gucika Ubuyapani atwawe mu ikarito amakuru Ghana: Pasiteri yapfiriye mu rusengero ari gusenga amakuru Inkoko yashinjwe ubwicanyi ifungirwa muri Gereza NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi