Close MORE NEWS Ibi biribwa byafasha umugore kutishimagura mu gitsina UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 29-11-2017 saa 01:44' whatsapp Facebook Mu buzima bwa muntu bwa buri munsi habamo ingorane nyinshi, zimwe muri zo ngorane umuntu ashobora guhura nazo zikamuzonga harimo indwara. Hari indwara ikunze gufata bamwe mu bantu b’igitsina gore yo kwishimagura mu gitsina. Burya nta kintu kibangamira igitsina gore nko kwishima mu myanya yabo y’ibanga kuko usanga babuze aho bifata nk’iyo bari mu ruhame kandi bakumbva bakeneye kwishima. Ni ibintu bikunze kubaho kuri bamwe na bamwe mu gitsina gore kugira uburibwe bubateza kwishima mu gitsina ariko bitari buri gihe kandi bitanasobanuye ko uburwayi buba bwageze ku rwego ruhanitse. kwishima mu gitsina ku bagore bishobora guterwa na za mikorobe zifata iyo myanya y’ibanga, isabune bakoresha mu koga cyangwa amavuta bisiga umubiri ukaba wayanze n’ibindi. Hari ibiribwa umuntu ashobora gukoresha agaca ukubiri no kwishima nta bundi buvuzi ahawe nk’uko ikinyamakuru The Standard Media cyabyanditse. 1. Gukunda kunywa yoghurt cyane Iyo ukunda kugira uburyaryate mu gitsina ukumva wakwishima, ugirwa inama yo kunywwa yoghurt. Uburyo ikozwemo bufasha kwica udukoko na za mikorobe zikunze kwibasira icyo gice kandi noneho igatuma hakura za ‘bacterie’ nziza zituma hahora ubwirinzi. 2. Gukoresha tungurusumu cyane Ni byiza ko umuntu ufite ikibazo cyo kwishima mu myanya y’ibanga arya tungurusuma eshatu byibura ku munsi. Iyo nta yindi mpamvu ni uko tungurusumu ubwayo yifitemo ubushobozi bwo kwica udukoko twangiza umubiri. 3. Gukunda koga amazi arimo umunyu Abahanga bagaragaza ko igihe wumva ufite uburyaryate mu gitsina, ugomba koga amazi arimo umunyu mu bice byawe by’ibanga. Amazi arimo umunyu aburizamo gukura kwa za mikorobe zangiza ibice by’ibanga by’umugore. Bituma uburyaryate bushira, umuntu ntakomeze no kwishima. 4. Amavuta y’iminazi Amavuta ya Coconut afite akamaro gakomeye karimo nko kurwanya za mikorobi ziteza ’infection’ mu myanya y’ibanga. Aya mavuta kuyakoresha bisaba kwitonda ukareba ayujuje ubuziranenge ubundi ukajya uyakoresha hari ikibazo. Byinshi mu biremera ndetse n’ibiribwa biba bifitiye umubiri wacu akamaro nubwo twaba tubikoresha tutabizi tuzi ko ari ugupfa kurya gusa cyangwa se kunywa. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Ephta Tuyishime Kuya 8-10-2020 Nibyiko kubufasha muhaye bashiki bacu natwe igitsina gabo mutubwire umuti wacu Ephta Tuyishime Kuya 8-10-2020 Nibyiko kubufasha muhaye bashiki bacu natwe igitsina gabo mutubwire umuti wacu niyonzima alibe Kuya 4-06-2019 amana ijye idufasha peeee ibitsina gore twese niyonzima alibe Kuya 4-06-2019 amana ijye idufasha peeee ibitsina gore twese Bernadette Kuya 30-11-2017 murakoze cyane pe haribeshi bafite ikibazo lmana ibahumugisha kubwizinama INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Ibi biribwa byafasha umugore kutishimagura mu gitsina UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 29-11-2017 saa 01:44' whatsapp Facebook Mu buzima bwa muntu bwa buri munsi habamo ingorane nyinshi, zimwe muri zo ngorane umuntu ashobora guhura nazo zikamuzonga harimo indwara. Hari indwara ikunze gufata bamwe mu bantu b’igitsina gore yo kwishimagura mu gitsina. Burya nta kintu kibangamira igitsina gore nko kwishima mu myanya yabo y’ibanga kuko usanga babuze aho bifata nk’iyo bari mu ruhame kandi bakumbva bakeneye kwishima. Ni ibintu bikunze kubaho kuri bamwe na bamwe mu gitsina gore kugira uburibwe bubateza kwishima mu gitsina ariko bitari buri gihe kandi bitanasobanuye ko uburwayi buba bwageze ku rwego ruhanitse. kwishima mu gitsina ku bagore bishobora guterwa na za mikorobe zifata iyo myanya y’ibanga, isabune bakoresha mu koga cyangwa amavuta bisiga umubiri ukaba wayanze n’ibindi. Hari ibiribwa umuntu ashobora gukoresha agaca ukubiri no kwishima nta bundi buvuzi ahawe nk’uko ikinyamakuru The Standard Media cyabyanditse. 1. Gukunda kunywa yoghurt cyane Iyo ukunda kugira uburyaryate mu gitsina ukumva wakwishima, ugirwa inama yo kunywwa yoghurt. Uburyo ikozwemo bufasha kwica udukoko na za mikorobe zikunze kwibasira icyo gice kandi noneho igatuma hakura za ‘bacterie’ nziza zituma hahora ubwirinzi. 2. Gukoresha tungurusumu cyane Ni byiza ko umuntu ufite ikibazo cyo kwishima mu myanya y’ibanga arya tungurusuma eshatu byibura ku munsi. Iyo nta yindi mpamvu ni uko tungurusumu ubwayo yifitemo ubushobozi bwo kwica udukoko twangiza umubiri. 3. Gukunda koga amazi arimo umunyu Abahanga bagaragaza ko igihe wumva ufite uburyaryate mu gitsina, ugomba koga amazi arimo umunyu mu bice byawe by’ibanga. Amazi arimo umunyu aburizamo gukura kwa za mikorobe zangiza ibice by’ibanga by’umugore. Bituma uburyaryate bushira, umuntu ntakomeze no kwishima. 4. Amavuta y’iminazi Amavuta ya Coconut afite akamaro gakomeye karimo nko kurwanya za mikorobi ziteza ’infection’ mu myanya y’ibanga. Aya mavuta kuyakoresha bisaba kwitonda ukareba ayujuje ubuziranenge ubundi ukajya uyakoresha hari ikibazo. Byinshi mu biremera ndetse n’ibiribwa biba bifitiye umubiri wacu akamaro nubwo twaba tubikoresha tutabizi tuzi ko ari ugupfa kurya gusa cyangwa se kunywa. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Ephta Tuyishime Kuya 8-10-2020 Nibyiko kubufasha muhaye bashiki bacu natwe igitsina gabo mutubwire umuti wacu Ephta Tuyishime Kuya 8-10-2020 Nibyiko kubufasha muhaye bashiki bacu natwe igitsina gabo mutubwire umuti wacu niyonzima alibe Kuya 4-06-2019 amana ijye idufasha peeee ibitsina gore twese niyonzima alibe Kuya 4-06-2019 amana ijye idufasha peeee ibitsina gore twese Bernadette Kuya 30-11-2017 murakoze cyane pe haribeshi bafite ikibazo lmana ibahumugisha kubwizinama INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu