Perezida Putin yateye utwatsi iby’uko Iran yagabye ibitero ku bigega bya Peterori muri Arabiya Sawudite

Perezida w’igihugu cy’u Burusiya Vradimiri Putin, yatangaje ko nta gihamya gihari cyemeza uruhare rwa Iran mu bitero bya gabwe ku bigega bya Peterori muri Arabiya Sawudite nk’uko byakomeje kuvugwa.

Reuters, Ibiro Ntaramakuru dukesha iyi nkuru bitangaza ko Amerika yo yari yakomeje gutunga agatoki igihugu cya Iran, ibyo Perezida Putin we avuga ko nta bihamya na bimwe Amerika yabona.


Perezida Putin yateye utwatsi iby’uko Iran yagabye ibitero ku bigega bya Peterori muri Arabiya Sawudite





Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru



Igitekerezo