Close MORE NEWS USA : Abasirikare 1800 bo mu ingabo za Leta zunze ubumwe z’Amerika bizeye Yesu Kristo UMUBAVU.com Umubavu Kuya 20-08-2018 saa 13:54' whatsapp Facebook Ushinzwe iyobokamana mu ngabo za Leta zunze ubumwe z’Amerika ziri Missouri, Jose Rondon yatangaje ko abasirikare ba Leta zunze Ubumwe z’Amerika bagera ku 1800 bemeye kwakira Yesu nk’Umwami n’Umukiza wabo kuva mukwezi kwa gatatu kuyu mwaka wa 2018 , avuga ko Imana yakoze umurimo ukomeye mu ngabo i Fort Leonard Wood . Ushinzwe iyobokamana yakomeje avuga ko ntabundi buryo bakoresheje bwo kubwiriza cyane ko bari mu bihe bikomeye kuko batabona umwanya wo kujya mu rusengero ikintu bakoresheje kwari ukuganira na buri umwe ku ijambo ry’Imana hanyuma bakizera umwuka wera akagira icyo akora. Buri cyumweru bafata ibihe byo gusenga Jose Rondon yanavuze ko bakoze amasengesho yo kwiyiriza menshi ashoboka aho yagize ati ‘’ Imana ni nziza , ni ukwizera amaraso ya Yesu kuko niyo yakoze imirimo ingana gutya ,abantu bakihana bangana gutya mu ngabo za Leta zunze ubumwe z’Amerika, kandi twizeye ko izakomeza gukora imirimo’’ Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Ndungutse samuel Kuya 20-09-2018 Uwiteka abihimbarizwe kubwimbabazize kdi Yesu abakomereze munzira ze Umwuka Were abayobore kdi abashoboze murururugendo rutoroshye jesus Kuya 26-08-2018 hhhh ariko abantu muribeshya rwose ubwo se ninde wababeshye ko imana ifite aho ihuriye nabasirikare baba bica abantu bita abanzi babo knd tuziko abantu twese imana idukunda, gusa amadini yabashyizemo ubujiji bwo kumva ko icyintu cyose paster avuze kiba ari ukuri ni musome bibliya muve mu bujiji ndutiye john Kuya 22-08-2018 amen! Fidele Kuya 21-08-2018 Aba basirikari Imana ibahe gukorera no gukomeza abandi bonheur Kuya 21-08-2018 imana ishimwe rwose bonheur Kuya 21-08-2018 imana ishimwe rwose Benoit Kuya 21-08-2018 Ameeeen! Yesu niyamamare hose. Christine Kuya 20-08-2018 Ameeen Christine Kuya 20-08-2018 Ameeen INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
USA : Abasirikare 1800 bo mu ingabo za Leta zunze ubumwe z’Amerika bizeye Yesu Kristo UMUBAVU.com Umubavu Kuya 20-08-2018 saa 13:54' whatsapp Facebook Ushinzwe iyobokamana mu ngabo za Leta zunze ubumwe z’Amerika ziri Missouri, Jose Rondon yatangaje ko abasirikare ba Leta zunze Ubumwe z’Amerika bagera ku 1800 bemeye kwakira Yesu nk’Umwami n’Umukiza wabo kuva mukwezi kwa gatatu kuyu mwaka wa 2018 , avuga ko Imana yakoze umurimo ukomeye mu ngabo i Fort Leonard Wood . Ushinzwe iyobokamana yakomeje avuga ko ntabundi buryo bakoresheje bwo kubwiriza cyane ko bari mu bihe bikomeye kuko batabona umwanya wo kujya mu rusengero ikintu bakoresheje kwari ukuganira na buri umwe ku ijambo ry’Imana hanyuma bakizera umwuka wera akagira icyo akora. Buri cyumweru bafata ibihe byo gusenga Jose Rondon yanavuze ko bakoze amasengesho yo kwiyiriza menshi ashoboka aho yagize ati ‘’ Imana ni nziza , ni ukwizera amaraso ya Yesu kuko niyo yakoze imirimo ingana gutya ,abantu bakihana bangana gutya mu ngabo za Leta zunze ubumwe z’Amerika, kandi twizeye ko izakomeza gukora imirimo’’ Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Ndungutse samuel Kuya 20-09-2018 Uwiteka abihimbarizwe kubwimbabazize kdi Yesu abakomereze munzira ze Umwuka Were abayobore kdi abashoboze murururugendo rutoroshye jesus Kuya 26-08-2018 hhhh ariko abantu muribeshya rwose ubwo se ninde wababeshye ko imana ifite aho ihuriye nabasirikare baba bica abantu bita abanzi babo knd tuziko abantu twese imana idukunda, gusa amadini yabashyizemo ubujiji bwo kumva ko icyintu cyose paster avuze kiba ari ukuri ni musome bibliya muve mu bujiji ndutiye john Kuya 22-08-2018 amen! Fidele Kuya 21-08-2018 Aba basirikari Imana ibahe gukorera no gukomeza abandi bonheur Kuya 21-08-2018 imana ishimwe rwose bonheur Kuya 21-08-2018 imana ishimwe rwose Benoit Kuya 21-08-2018 Ameeeen! Yesu niyamamare hose. Christine Kuya 20-08-2018 Ameeen Christine Kuya 20-08-2018 Ameeen INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu