Close MORE NEWS Perezida Emmanuel Macron araganira n’abigaragambya mu guhosha imvururu zangije byinshi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 10-12-2018 saa 12:37' whatsapp Facebook Ibi biganiro Perezida Macron agirana n’amashyirahamwe y’abakozi n’abakoresha babo biteganyijwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Ukuboza 2018, bibaye nyuma y’imyigaragambyo yari imaze iminsi i Paris no mu yindi mijyi, bikaba byitezwe ko aza gutangaza imyanzuro yafashwe yafasha mu guhagarika imyigaragambyo. U Bufaransa bumaze ibyumweru bine byose mu myigaragambyo yaranzwemo imidurumbanyo yo kwamagana ibiciro bya Essence bavuga ko byazamutse cyane, ubuzima butameze neza n’ibindi bibazo byugarije Abafaransa. Mu bantu 136,000 biyise "abambaye amakoti y’umuhondo" bigabije imihanda ku wa Gatandatu aho abarenga 1,200 bahagaritswe n’abashinzwe umutekano. Mu murwa mukuru i Paris niho habaye imyigaragambyo ikomeye cyane, aho hamenaguwe amadirishya, imodoka ziratwikwa, amaduka arasahurwa ubwo abantu bagera ku 10,000 bigabizaga imihanda. Minisitiri w’Imali ya Leta Bruno Le Maire yavuze ko uko ibintu byifashe bibangamiye ibikorwa by’ubucuruzi mu gihugu ndetse bidasize n’ubukungu. Abakora imyigaragambyo bamaze iminsi bafunga imwe mu mihanda mu gihugu cyose muri ibi byumweru bigera kuri bine bishize. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Perezida Emmanuel Macron araganira n’abigaragambya mu guhosha imvururu zangije byinshi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 10-12-2018 saa 12:37' whatsapp Facebook Ibi biganiro Perezida Macron agirana n’amashyirahamwe y’abakozi n’abakoresha babo biteganyijwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Ukuboza 2018, bibaye nyuma y’imyigaragambyo yari imaze iminsi i Paris no mu yindi mijyi, bikaba byitezwe ko aza gutangaza imyanzuro yafashwe yafasha mu guhagarika imyigaragambyo. U Bufaransa bumaze ibyumweru bine byose mu myigaragambyo yaranzwemo imidurumbanyo yo kwamagana ibiciro bya Essence bavuga ko byazamutse cyane, ubuzima butameze neza n’ibindi bibazo byugarije Abafaransa. Mu bantu 136,000 biyise "abambaye amakoti y’umuhondo" bigabije imihanda ku wa Gatandatu aho abarenga 1,200 bahagaritswe n’abashinzwe umutekano. Mu murwa mukuru i Paris niho habaye imyigaragambyo ikomeye cyane, aho hamenaguwe amadirishya, imodoka ziratwikwa, amaduka arasahurwa ubwo abantu bagera ku 10,000 bigabizaga imihanda. Minisitiri w’Imali ya Leta Bruno Le Maire yavuze ko uko ibintu byifashe bibangamiye ibikorwa by’ubucuruzi mu gihugu ndetse bidasize n’ubukungu. Abakora imyigaragambyo bamaze iminsi bafunga imwe mu mihanda mu gihugu cyose muri ibi byumweru bigera kuri bine bishize. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu