Close MORE NEWS Pakistan: Indege ya Gisirikare yashwanyutse ihitana abantu 18 UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 30-07-2019 saa 12:12' whatsapp Facebook Abasirikare batanu barimo abapilote babiri n’abasivile bagera kuri 13 bishwe n’iturika ry’indege y’intambara ya Pakistan yo mu bwoko bwa The King Air 350 Turboprop, abandi bakomerekeramo ku buryo bukomeye. Iyi mpanuka y’indege nto ya gisirikare yabereye mu gace ka Rawalpindi. BBC ivuya ko mu bazize iyi mpanuka 5 muri bo bari abasarikare mu gihe abasivili bari 13. Aka gace ka Rawalpindi ni agace kamenyerewe nk’akaberamo imyitozo y’ingabo za Pastani zirwanira mu kirere, Leta ya Pakistani yatangaje ko n’iyi ndege yerimo abasirikare bari mu myitozo. Umwe mu batangabuhamya waganiriye na BBC yavuze ko ubwo iyi ndege yagwaga, yateje inkongi ikomeye mu gace gatuwemo n’abaturage , amazu yabo ahita afatwa n’inkongi ari nayo yahitanye abasivili bagera kuri 13. Iyi ndege yakoze impanuka yari iyo mu bwowko bwa The King Air 350 turboprop, bivugwa ko yahanutse ubwo yiteguraga kugera aho yari iteganije kugwa. Rawalpindi,ni agace gaherereye hafi y’umurwa mukuru Islamabad byumwihariko akaba ari agace kahawe ikigo cy’igihugu gishinzwe indege za gisirikare ka Leta ya Pakistani. Minisitiri w’intebe wa Pakistani Imran Khan ageza kubagizweho ingaruka n’iyi mpanuka ijambo yabijeje ko Leta ya Pakistan yihanganishije ababuze ababo ndetse ko Leta yiteguye gutanga ubufasha abakomeretse bakavurwa. Abasirikare bashinzwe ubutabazi bihutiye kugera mu gace ka Rawalpindi iyi ndege yashwanyukiyemo Abakomeretse bihutishijwe kwa muganga @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Niyimbona Kuya 30-07-2019 Andika Igitekerezo Hanno Twihanganishije ababuriye ababo muri iyo mpanuka R.I.P INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Pakistan: Indege ya Gisirikare yashwanyutse ihitana abantu 18 UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 30-07-2019 saa 12:12' whatsapp Facebook Abasirikare batanu barimo abapilote babiri n’abasivile bagera kuri 13 bishwe n’iturika ry’indege y’intambara ya Pakistan yo mu bwoko bwa The King Air 350 Turboprop, abandi bakomerekeramo ku buryo bukomeye. Iyi mpanuka y’indege nto ya gisirikare yabereye mu gace ka Rawalpindi. BBC ivuya ko mu bazize iyi mpanuka 5 muri bo bari abasarikare mu gihe abasivili bari 13. Aka gace ka Rawalpindi ni agace kamenyerewe nk’akaberamo imyitozo y’ingabo za Pastani zirwanira mu kirere, Leta ya Pakistani yatangaje ko n’iyi ndege yerimo abasirikare bari mu myitozo. Umwe mu batangabuhamya waganiriye na BBC yavuze ko ubwo iyi ndege yagwaga, yateje inkongi ikomeye mu gace gatuwemo n’abaturage , amazu yabo ahita afatwa n’inkongi ari nayo yahitanye abasivili bagera kuri 13. Iyi ndege yakoze impanuka yari iyo mu bwowko bwa The King Air 350 turboprop, bivugwa ko yahanutse ubwo yiteguraga kugera aho yari iteganije kugwa. Rawalpindi,ni agace gaherereye hafi y’umurwa mukuru Islamabad byumwihariko akaba ari agace kahawe ikigo cy’igihugu gishinzwe indege za gisirikare ka Leta ya Pakistani. Minisitiri w’intebe wa Pakistani Imran Khan ageza kubagizweho ingaruka n’iyi mpanuka ijambo yabijeje ko Leta ya Pakistan yihanganishije ababuze ababo ndetse ko Leta yiteguye gutanga ubufasha abakomeretse bakavurwa. Abasirikare bashinzwe ubutabazi bihutiye kugera mu gace ka Rawalpindi iyi ndege yashwanyukiyemo Abakomeretse bihutishijwe kwa muganga @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Niyimbona Kuya 30-07-2019 Andika Igitekerezo Hanno Twihanganishije ababuriye ababo muri iyo mpanuka R.I.P INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu