Close MORE NEWS Nyuma ya Uganda ,Zambia nayo yashyizeho n imisoro kubahamagara bakoresheje Internet UMUBAVU.com Daniel Kuya 14-08-2018 saa 16:24' whatsapp Facebook Guverinoma ya Zambia ku wa Mbere yatangaje ko yemeje itegeko ryo kujya yaka umusoro buri wese uzajya uhamagara akoresheje Internet, ibi bikaba biri muri gahunda yo kurinda igihombo ibigo by’itumanaho bisanzwe bitanga serivisi zo kwitaba no guhamagara. Minisitiri w’itumanaho, Dora Siliya, yatangaje ko guhamagara ukoresheje Internet bizajya bitangirwa umusoro w’amadolari 0.03 ku munsi. Ati “Inama y’abaminisitiri yasanze hari ubwiyongere bw’abahamagara bakoresheje Internet ugereranyije n’abakoresha telefoni bisanzwe, ibi birori bishobora kubera imbogamizi ibijyanye n’itumanaho n’imirimo mu bigo birimo Zamtel, Bharti Airtel na MTN Zambia.” Nk’uko The EastAfrican yabyanditse, uyu musoro uzajya utangwa binyuze mu bigo by’itumanaho n’ibicuruza Internet. Siliya avuga ko 80% by’Abanya-Zambia bahamagara bakoresheje Whatsapp, Skype na Viber. Guvenoma ya Zambia kandi yemeje indi mishinga y’amategeko agamije kugena ibirebana n’imikoreshereze y’imbuga nkoranyambaga, hagamije gukumirwa amagambo abiba urwango, ibyaha bikorerwa kuri internet na film z’urukozasoni. Abatavuga rumwe na leta ariko bo bavuga ko ikigamijwe ari ukubangamira abakoresha imbuga nkoranyambaga. Zambia ije ikurikira Uganda nayo iherutse gushyira umusoro ku ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga, aho kuzikoresha usabwa kwishyura amashilingi 200 (asaga 40Frw) ku munsi, amashilingi 1400 y’icyumweru cyangwa ukishyurira rimwe amashilingi 6000 y’ukwezi. Ni mu gihe kubitsa cyangwa kubikuza amafaranga kuri telefoni ho ucibwa 1%, aza yiyongera ku yo ukatwa n’ikigo cy’itumanaho ukoresha. Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ubukwe bwa Umurerwa Olive wari wapfakaye akiri umugeni bwabaye agahebuzo-AMAFOTO&VIDEO ubuzima Urusaku rw’agakingirizo k’abagore mu gutera akabariro, intandaro yo kudakunda kugakoresha amakuru Uganda: Gen. Kale Kayihura yatahuweho indi Dosiye ikakaye ishobora kumushyirishamo amakuru Umwana utangaje! Yamenye gusoma no kwandika afite imyaka 2 gusa, ku myaka 13 ubu ni umushakashatsi amakuru Abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye ntibazongera gutegura ibizamini bisoza ibihembwe n’umwaka iyobokamana Umupadiri wari ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana Amakuru yo hanze Indonesia: Polisi yifashishije inzoka mu guhata ibibazo no gutera ubwoba uwakekwagaho ubujura amakuru Abapolisi barangaye imodoka ya Perezida Museveni igaterwa amabuye bamanuwe mu mapeti amakuru U Rwanda rwateye utwatsi ibivugwa ko hari ahantu hatazwi hafungirwa abantu NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)
Nyuma ya Uganda ,Zambia nayo yashyizeho n imisoro kubahamagara bakoresheje Internet UMUBAVU.com Daniel Kuya 14-08-2018 saa 16:24' whatsapp Facebook Guverinoma ya Zambia ku wa Mbere yatangaje ko yemeje itegeko ryo kujya yaka umusoro buri wese uzajya uhamagara akoresheje Internet, ibi bikaba biri muri gahunda yo kurinda igihombo ibigo by’itumanaho bisanzwe bitanga serivisi zo kwitaba no guhamagara. Minisitiri w’itumanaho, Dora Siliya, yatangaje ko guhamagara ukoresheje Internet bizajya bitangirwa umusoro w’amadolari 0.03 ku munsi. Ati “Inama y’abaminisitiri yasanze hari ubwiyongere bw’abahamagara bakoresheje Internet ugereranyije n’abakoresha telefoni bisanzwe, ibi birori bishobora kubera imbogamizi ibijyanye n’itumanaho n’imirimo mu bigo birimo Zamtel, Bharti Airtel na MTN Zambia.” Nk’uko The EastAfrican yabyanditse, uyu musoro uzajya utangwa binyuze mu bigo by’itumanaho n’ibicuruza Internet. Siliya avuga ko 80% by’Abanya-Zambia bahamagara bakoresheje Whatsapp, Skype na Viber. Guvenoma ya Zambia kandi yemeje indi mishinga y’amategeko agamije kugena ibirebana n’imikoreshereze y’imbuga nkoranyambaga, hagamije gukumirwa amagambo abiba urwango, ibyaha bikorerwa kuri internet na film z’urukozasoni. Abatavuga rumwe na leta ariko bo bavuga ko ikigamijwe ari ukubangamira abakoresha imbuga nkoranyambaga. Zambia ije ikurikira Uganda nayo iherutse gushyira umusoro ku ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga, aho kuzikoresha usabwa kwishyura amashilingi 200 (asaga 40Frw) ku munsi, amashilingi 1400 y’icyumweru cyangwa ukishyurira rimwe amashilingi 6000 y’ukwezi. Ni mu gihe kubitsa cyangwa kubikuza amafaranga kuri telefoni ho ucibwa 1%, aza yiyongera ku yo ukatwa n’ikigo cy’itumanaho ukoresha. Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ubukwe bwa Umurerwa Olive wari wapfakaye akiri umugeni bwabaye agahebuzo-AMAFOTO&VIDEO ubuzima Urusaku rw’agakingirizo k’abagore mu gutera akabariro, intandaro yo kudakunda kugakoresha amakuru Uganda: Gen. Kale Kayihura yatahuweho indi Dosiye ikakaye ishobora kumushyirishamo amakuru Umwana utangaje! Yamenye gusoma no kwandika afite imyaka 2 gusa, ku myaka 13 ubu ni umushakashatsi amakuru Abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye ntibazongera gutegura ibizamini bisoza ibihembwe n’umwaka iyobokamana Umupadiri wari ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana Amakuru yo hanze Indonesia: Polisi yifashishije inzoka mu guhata ibibazo no gutera ubwoba uwakekwagaho ubujura amakuru Abapolisi barangaye imodoka ya Perezida Museveni igaterwa amabuye bamanuwe mu mapeti amakuru U Rwanda rwateye utwatsi ibivugwa ko hari ahantu hatazwi hafungirwa abantu NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)