Close MORE NEWS Amerika yakuye ingabo zayo zose muri Koweït igitaranganya UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 8-01-2020 saa 15:11' whatsapp Facebook Amakuru dukesha ikynamakuru cya Reuters, aremeza ko kuri uyu wa 08 Mutarama igihugu cya Koweït cyakiriye ibaruwa isaba ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahabaga kuba zahavuye mu gihe kitarenze iminsi itatu zose. Ibi bimaze gutangazwa na Minisitiri w’Ingabo mu gihugu ca Koweït, aho yavuze ko ngo iyi baruwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu. Iyo baruwa ngo ikaba yari iriho umukono w’umukuru w’ingabo za Amerika zabaga muri Koweït. Bamwe mu bakurikiranira hafi Politiki mpuzamahanga, bari kwibaza igitumye Amerika ikura ingabo igitaraganya mu gihugu cya Koweït, bakabiburira igisubizo nyakuri ariko abenshi na none bagahuriza ku kuba biri guturuka ku mwuka mubi uri hagati yayo na Iran. Uyu muhanzi akaba n’umusizi azanye imvugo zidasanzwe n’imbaraga nyinshi mu muziki, ati “Abantu bake bazi byinshi bangiza ubuzima bw’abantu benshi bazi bike”: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) M MJ Kuya 28-01-2020 Andika Igitekerezo Hanno AKANYAMUNEZA KUR IRAN KUBWO KWIHORERA amerika irivanga igakabya INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Amerika yakuye ingabo zayo zose muri Koweït igitaranganya UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 8-01-2020 saa 15:11' whatsapp Facebook Amakuru dukesha ikynamakuru cya Reuters, aremeza ko kuri uyu wa 08 Mutarama igihugu cya Koweït cyakiriye ibaruwa isaba ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahabaga kuba zahavuye mu gihe kitarenze iminsi itatu zose. Ibi bimaze gutangazwa na Minisitiri w’Ingabo mu gihugu ca Koweït, aho yavuze ko ngo iyi baruwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu. Iyo baruwa ngo ikaba yari iriho umukono w’umukuru w’ingabo za Amerika zabaga muri Koweït. Bamwe mu bakurikiranira hafi Politiki mpuzamahanga, bari kwibaza igitumye Amerika ikura ingabo igitaraganya mu gihugu cya Koweït, bakabiburira igisubizo nyakuri ariko abenshi na none bagahuriza ku kuba biri guturuka ku mwuka mubi uri hagati yayo na Iran. Uyu muhanzi akaba n’umusizi azanye imvugo zidasanzwe n’imbaraga nyinshi mu muziki, ati “Abantu bake bazi byinshi bangiza ubuzima bw’abantu benshi bazi bike”: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) M MJ Kuya 28-01-2020 Andika Igitekerezo Hanno AKANYAMUNEZA KUR IRAN KUBWO KWIHORERA amerika irivanga igakabya INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu