Amerika yakuye ingabo zayo zose muri Koweït igitaranganya

Amakuru dukesha ikynamakuru cya Reuters, aremeza ko kuri uyu wa 08 Mutarama igihugu cya Koweït cyakiriye ibaruwa isaba ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zahabaga kuba zahavuye mu gihe kitarenze iminsi itatu zose.

Ibi bimaze gutangazwa na Minisitiri w’Ingabo mu gihugu ca Koweït, aho yavuze ko ngo iyi baruwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu.

Iyo baruwa ngo ikaba yari iriho umukono w’umukuru w’ingabo za Amerika zabaga muri Koweït.

Bamwe mu bakurikiranira hafi Politiki mpuzamahanga, bari kwibaza igitumye Amerika ikura ingabo igitaraganya mu gihugu cya Koweït, bakabiburira igisubizo nyakuri ariko abenshi na none bagahuriza ku kuba biri guturuka ku mwuka mubi uri hagati yayo na Iran.

Uyu muhanzi akaba n’umusizi azanye imvugo zidasanzwe n’imbaraga nyinshi mu muziki, ati “Abantu bake bazi byinshi bangiza ubuzima bw’abantu benshi bazi bike”:





Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru



Igitekerezo
M MJ Kuya 28-01-2020

Andika Igitekerezo Hanno AKANYAMUNEZA KUR IRAN KUBWO KWIHORERA amerika irivanga igakabya