Close MORE NEWS Perezida Macro agiye kuganira n’abayobozi ba Syria uko bahashya Islamic State UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 10-10-2019 saa 10:13' whatsapp Facebook Ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Bufaransa byatangaje ko Perezida Emmanuel Macron, azahura n’umuvugizi w’ishyaka ry’ingabo ziharanira Democrasi mu gihugu cya Syria Jihane Ahmed ku munsi wo ku wa Kabiri w’icyumweru gitaha, mu rwego rwo kuganira ku buryo bwakoresha ngo iri shyaka rifatanye n’u Bufaransa mu guhashya umutwe wa Islamic State ukomeje guteza umutekano mu cye muri iki gihugu. Inkuru dukesha Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza Reuters ivuga ko, kuri uyu wa Gatatu ibiro bya Perezida Emmanuel Macron byatangaje ko n’ubwo iyi nama ibizigirwamo ari ingirakamaro ariko batewe ubwoba n’ingabo z’abanyaturikiya zibarizwa muri Syria. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Perezida Macro agiye kuganira n’abayobozi ba Syria uko bahashya Islamic State UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 10-10-2019 saa 10:13' whatsapp Facebook Ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Bufaransa byatangaje ko Perezida Emmanuel Macron, azahura n’umuvugizi w’ishyaka ry’ingabo ziharanira Democrasi mu gihugu cya Syria Jihane Ahmed ku munsi wo ku wa Kabiri w’icyumweru gitaha, mu rwego rwo kuganira ku buryo bwakoresha ngo iri shyaka rifatanye n’u Bufaransa mu guhashya umutwe wa Islamic State ukomeje guteza umutekano mu cye muri iki gihugu. Inkuru dukesha Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza Reuters ivuga ko, kuri uyu wa Gatatu ibiro bya Perezida Emmanuel Macron byatangaje ko n’ubwo iyi nama ibizigirwamo ari ingirakamaro ariko batewe ubwoba n’ingabo z’abanyaturikiya zibarizwa muri Syria. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu