Close MORE NEWS Ethiopie: Ibihumbi by’abaturage bari barahunze bagarutse mu gihugu UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 9-10-2019 saa 09:07' whatsapp Facebook Amakuru avau mu gihugu cya Ethiyopiya, aravuga ko abanyagihugu basaga ibihumbi 90,000 bari barahunze batahutse bava mu mahanga bagaruka mu gihugu cyabo cya Ethiopie. Inkuru y’ikinyamakuru Africa news, ivuga ko byatangajwe na Perezida w’iki gihugu Madam Zewde Sahle aho yavuze ko nyuma yo kuyobora iki gihugu, bagafungura infungwa za Politiki ndetse no kwemera abatavuga rumwe n’ubutegetsi, byatumye ababa mu buhungiro kubera impambvu zagiye ziterwa na Politiki byahaye rugari buri wese uri hanze y’igihugu kugaruka mu gihugu cye cy’amavuko. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Ethiopie: Ibihumbi by’abaturage bari barahunze bagarutse mu gihugu UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 9-10-2019 saa 09:07' whatsapp Facebook Amakuru avau mu gihugu cya Ethiyopiya, aravuga ko abanyagihugu basaga ibihumbi 90,000 bari barahunze batahutse bava mu mahanga bagaruka mu gihugu cyabo cya Ethiopie. Inkuru y’ikinyamakuru Africa news, ivuga ko byatangajwe na Perezida w’iki gihugu Madam Zewde Sahle aho yavuze ko nyuma yo kuyobora iki gihugu, bagafungura infungwa za Politiki ndetse no kwemera abatavuga rumwe n’ubutegetsi, byatumye ababa mu buhungiro kubera impambvu zagiye ziterwa na Politiki byahaye rugari buri wese uri hanze y’igihugu kugaruka mu gihugu cye cy’amavuko. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu