Ethiopie: Ibihumbi by’abaturage bari barahunze bagarutse mu gihugu

Amakuru avau mu gihugu cya Ethiyopiya, aravuga ko abanyagihugu basaga ibihumbi 90,000 bari barahunze batahutse bava mu mahanga bagaruka mu gihugu cyabo cya Ethiopie.

Inkuru y’ikinyamakuru Africa news, ivuga ko byatangajwe na Perezida w’iki gihugu Madam Zewde Sahle aho yavuze ko nyuma yo kuyobora iki gihugu, bagafungura infungwa za Politiki ndetse no kwemera abatavuga rumwe n’ubutegetsi, byatumye ababa mu buhungiro kubera impambvu zagiye ziterwa na Politiki byahaye rugari buri wese uri hanze y’igihugu kugaruka mu gihugu cye cy’amavuko.





Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru



Igitekerezo