Close MORE NEWS Diego Maradona yangiwe gukandagira ku butaka bwa Amerika azira gutuka Trump UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 2-02-2018 saa 08:19' whatsapp Facebook Umunya-Argentine, Diego Maradonna wabaye icyamamare mu mupira w’amaguru ku Isi, yangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera gutuka Perezida w’iki gihugu, Donald Trump amwita ‘chirolita’ bisobanura umuntu w’agaciro gake (uciriritse). Umwe mu banyamakuru bo mu gihugu cya Argentina yabajije Maradona uko abona Trump, amusubiza ko abona uyu muperezida nk’umuntu ufite agaciro gake, none byatumye iki cyamamare kibura amahirwe yo kwinjira mu gihugu cya Amerika. Maradona yashakaga kwerekeza muri Amerika kubera ko yifuzaga kwitabira urubanza rw’uwahoze ari umugore we Claudia ruzaba mu kwezi kwa Werurwe ariko ubusabe bwe bwateshejwe agaciro n’abashinzwe abanjira n’abasohoka mu gihugu. Maradona yirukanwe muri Amerika mu mwaka wa 1994 mbere y’igikombe cy’isi nyuma yo gusanga yarakoreshaga ibiyobyabwenge ndetse asabwa kutazongera kugaruka ku butaka bw’iki gihugu. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Diego Maradona yangiwe gukandagira ku butaka bwa Amerika azira gutuka Trump UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 2-02-2018 saa 08:19' whatsapp Facebook Umunya-Argentine, Diego Maradonna wabaye icyamamare mu mupira w’amaguru ku Isi, yangiwe kwinjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera gutuka Perezida w’iki gihugu, Donald Trump amwita ‘chirolita’ bisobanura umuntu w’agaciro gake (uciriritse). Umwe mu banyamakuru bo mu gihugu cya Argentina yabajije Maradona uko abona Trump, amusubiza ko abona uyu muperezida nk’umuntu ufite agaciro gake, none byatumye iki cyamamare kibura amahirwe yo kwinjira mu gihugu cya Amerika. Maradona yashakaga kwerekeza muri Amerika kubera ko yifuzaga kwitabira urubanza rw’uwahoze ari umugore we Claudia ruzaba mu kwezi kwa Werurwe ariko ubusabe bwe bwateshejwe agaciro n’abashinzwe abanjira n’abasohoka mu gihugu. Maradona yirukanwe muri Amerika mu mwaka wa 1994 mbere y’igikombe cy’isi nyuma yo gusanga yarakoreshaga ibiyobyabwenge ndetse asabwa kutazongera kugaruka ku butaka bw’iki gihugu. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu