Close MORE NEWS California: Imodoka yirenze ku muturirwa Imana ikinga akaboko UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 17-01-2018 saa 13:32' whatsapp Facebook Imodoka yari ifite umuvuduko urenze urugero mu Ntara ya California, yakoze impanuka ikomeye yinjira mu igorofa yo hejuru mu nyubako imwe nyuma yo kugonga uruzitiro rwo ku muhanda yanyuragamo. Iyi mpanuka yabaye ku cyumweru aho igice cy’iyo modoka cyasanzwe hanze y’iyo nzu mu gitondo kare ubwo abantu bari babyutse. Abantu babiri bari muri iyo modoka Imana yakinze akaboko bararusimbuka ariko bakomereka bisanzwe nk’uko igipolisi gikorera mu Ntara ya California kibivuga. Igipolisi cyabwiye abanyamakuru ko umushoferi w’iyo modoka yari yanyoye imiti kandi ko hariho ibitaro byemeje ko yari abimazemo iminsi. Umwe muri abo babiri yashoboye kwikura muri iyo modoka ariko uwundi yagumye muri iyo modoka mu gihe kirenga isaha imwe kugeza abashinzwe gutabara bahashyitse. Iyi mpanuka kandi yatumye haduka umuriro utari mwinshi kuko abatabazi bahise bawuzimya ku buryo butabagoye. Iyi nkuru yamenyekanye nyuma yuko abajimije umuriro wari watewe n’iyi mpanuka bakwiragije ifoto basobanura ibyabaye kuri uwo munsi wose. Iyi mpanuka yabereye i Santa Ana ku birometero 56 mu majyepfo ya Los Angeles. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) oya Kuya 18-01-2018 iyo modoka yageze muri etage ite? mbere yo kurekura inkuru banza uyisome, uyanalyse wumve ko uyisoma wese asobanukirwa nayo neza. Twe twumva bitabaho hari ibidasobanutse neza. Aliko wagerageje ntabwo tukugaya cyane...... oya Kuya 18-01-2018 iyo modoka yageze muri etage ite? mbere yo kurekura inkuru banza uyisome, uyanalyse wumve ko uyisoma wese asobanukirwa nayo neza. Twe twumva bitabaho hari ibidasobanutse neza. Aliko wagerageje ntabwo tukugaya cyane...... Jean Kuya 18-01-2018 Arko namwe imitangire yanyu yamakuru iratangaje.. none se imidoka yaragurutse igwa muri etage.. igira amababa se.. mutubwirr uko yahageze ngo bigere hariya..!! Jean Kuya 18-01-2018 Arko namwe imitangire yanyu yamakuru iratangaje.. none se imidoka yaragurutse igwa muri etage.. igira amababa se.. mutubwirr uko yahageze ngo bigere hariya..!! INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
California: Imodoka yirenze ku muturirwa Imana ikinga akaboko UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 17-01-2018 saa 13:32' whatsapp Facebook Imodoka yari ifite umuvuduko urenze urugero mu Ntara ya California, yakoze impanuka ikomeye yinjira mu igorofa yo hejuru mu nyubako imwe nyuma yo kugonga uruzitiro rwo ku muhanda yanyuragamo. Iyi mpanuka yabaye ku cyumweru aho igice cy’iyo modoka cyasanzwe hanze y’iyo nzu mu gitondo kare ubwo abantu bari babyutse. Abantu babiri bari muri iyo modoka Imana yakinze akaboko bararusimbuka ariko bakomereka bisanzwe nk’uko igipolisi gikorera mu Ntara ya California kibivuga. Igipolisi cyabwiye abanyamakuru ko umushoferi w’iyo modoka yari yanyoye imiti kandi ko hariho ibitaro byemeje ko yari abimazemo iminsi. Umwe muri abo babiri yashoboye kwikura muri iyo modoka ariko uwundi yagumye muri iyo modoka mu gihe kirenga isaha imwe kugeza abashinzwe gutabara bahashyitse. Iyi mpanuka kandi yatumye haduka umuriro utari mwinshi kuko abatabazi bahise bawuzimya ku buryo butabagoye. Iyi nkuru yamenyekanye nyuma yuko abajimije umuriro wari watewe n’iyi mpanuka bakwiragije ifoto basobanura ibyabaye kuri uwo munsi wose. Iyi mpanuka yabereye i Santa Ana ku birometero 56 mu majyepfo ya Los Angeles. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) oya Kuya 18-01-2018 iyo modoka yageze muri etage ite? mbere yo kurekura inkuru banza uyisome, uyanalyse wumve ko uyisoma wese asobanukirwa nayo neza. Twe twumva bitabaho hari ibidasobanutse neza. Aliko wagerageje ntabwo tukugaya cyane...... oya Kuya 18-01-2018 iyo modoka yageze muri etage ite? mbere yo kurekura inkuru banza uyisome, uyanalyse wumve ko uyisoma wese asobanukirwa nayo neza. Twe twumva bitabaho hari ibidasobanutse neza. Aliko wagerageje ntabwo tukugaya cyane...... Jean Kuya 18-01-2018 Arko namwe imitangire yanyu yamakuru iratangaje.. none se imidoka yaragurutse igwa muri etage.. igira amababa se.. mutubwirr uko yahageze ngo bigere hariya..!! Jean Kuya 18-01-2018 Arko namwe imitangire yanyu yamakuru iratangaje.. none se imidoka yaragurutse igwa muri etage.. igira amababa se.. mutubwirr uko yahageze ngo bigere hariya..!! INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu