Close MORE NEWS Barbados irashaka kwipakurura Ingoma ya Cyami, ishaka ’Repubulika’ UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 16-09-2020 saa 12:25' whatsapp Facebook Leta ya Barbados yatangaje umugambi wayo wo kuva ku Ngoma ya cyami, ikavana Umwamikazi Elizabeth ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Leta y’iki gihugu cyo mu birwa bya Karayibe yavuze ko igihe kigeze ngo "dusige inyuma byuzuye amateka y’ubukoroni". Iyi leta ifite intego yo kugera kuri ibi mu kwezi kwa 11/2021 ku isabukuru y’imyaka 55 y’ubwigenge yakuye k’u Bwongereza. Mu ijambo ryanditswe na Minisitiri w’Intebe Mia Mottley, yavuze ko abanye-Barbados bashaka umukuru w’igihugu wo muri Barbados. Buckingham Palace, ingoro y’Umwamikazi Elizabeth, ivuga ko ibi ari ibintu bireba Guverinoma n’abaturage ba Barbados. Umunyamakuru wa BBC ukurikirana iby’ibwami avuga ko yabwiwe n’umuntu wo muri Buckingham Palace ko "icyo atari igitekerezo cyaje gutyo gusa", ko cyari "kimaze iminsi kivugwa cyane" muri icyo gihugu. Iby’ingenzi kuri Barbados: Kimwe mu birwa bituwe cyane kandi bikize mu bigize Karayibe Yabonye ubwigenge ibuvanye k’Ubwongereza mu 1966 Itegeko Nshinga ryakomeje kwemera leta ikuriwe n’ubwami, Umwamikazi Elizabeth akomeza kuba umukuru w’iki gihugu Mbere ubukungu bwari bushingiye ku kohereza isukari mu mahanga, ubu bushingiye ku bukerarugendo n’ishoramari ritandukanye Minisitiri w’Intebe Mia Mottley, watowe mu 2018 ni we mugore wa mbere wari utorewe uyu mwanya ukomeye mu gihugu Ijambo ryatangarijwemo uyu mugambi wa leta ya Barbados ryasomwe ubwo batangizaga imirimo y’Inteko Ishinga Amategeko, ahavugirwa na gahunda nshya za leta. Mu gihe iryo jambo risomwa n’ufite umwanya w’ubutegetsi wa ’Governor-General’, riba ryanditswe na Minisitiri w’Intebe. Ijambo ryasomwe ryanditswe na Minisitiri w’Intebe Mia Mottley Sibwo bwa mbere Barbados yifuje kuva ku butegetsi bwa cyami buyobowe n’Umwamukazi uba i Londres. Mu 1998, komisiyo yashinzwe kuvugururwa Itegeko Nshinga ry’iki gihugu yari yasabye ko ubwami buvaho hakajyaho Repubulika. Freundel Stuart, uwo Madamu Mia yasimbuye, na we yari yavuze ko "mu gihe cya vuba bazava mu butegetsi bwa cyami bakaba Repubulika". Barbados sicyo gihugu cya mbere cyahoze gikoronizwa n’u Bwongereza mu birwa bya Karayibe cyaba gihindutse Repubulika. Guyana yateye iyi ntambwe mu 1970, hari hatarashira imyaka ine ivanye ubwigenge k’u Bwongereza. Trinidad na Tobago na yo yakurikiyeho mu 1976 na Dominica mu 1978 Ibi bihugu bitatu byose byagumye mu muryango wa Commonwealth, uhuza ibihugu byakoronijwe n’u Bwongereza n’ibindi byashatse kuwinjiramo bidafitanye amateka n’u Bwongereza. Umwamikazi Elizabeth ni we mukuru w’igihugu kuri iki kirwa kigendera ku bwami, aha yari yasuye Barbados mu 1977 Umwamikazi Elizabeth ubwo yari yakiriye Governor-General wa Barbados, Sandra Masonmu butumire bwihariye, aha bari ku Ngoro y’Umwamikazi izwi nka Buckingham Palace mu 2018 Hakorwe iki ngo tugere ku mibereho myiza y’Abanyarwanda, iyumvire ikiganiro kirambuye UMUBAVU TV ONLINE wagiranye na Madamu Victoire Ingabire Umuhoza, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya DALFA Umurinzi ariko ritaremerwa n’amategeko mu Rwanda: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Barbados irashaka kwipakurura Ingoma ya Cyami, ishaka ’Repubulika’ UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 16-09-2020 saa 12:25' whatsapp Facebook Leta ya Barbados yatangaje umugambi wayo wo kuva ku Ngoma ya cyami, ikavana Umwamikazi Elizabeth ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Leta y’iki gihugu cyo mu birwa bya Karayibe yavuze ko igihe kigeze ngo "dusige inyuma byuzuye amateka y’ubukoroni". Iyi leta ifite intego yo kugera kuri ibi mu kwezi kwa 11/2021 ku isabukuru y’imyaka 55 y’ubwigenge yakuye k’u Bwongereza. Mu ijambo ryanditswe na Minisitiri w’Intebe Mia Mottley, yavuze ko abanye-Barbados bashaka umukuru w’igihugu wo muri Barbados. Buckingham Palace, ingoro y’Umwamikazi Elizabeth, ivuga ko ibi ari ibintu bireba Guverinoma n’abaturage ba Barbados. Umunyamakuru wa BBC ukurikirana iby’ibwami avuga ko yabwiwe n’umuntu wo muri Buckingham Palace ko "icyo atari igitekerezo cyaje gutyo gusa", ko cyari "kimaze iminsi kivugwa cyane" muri icyo gihugu. Iby’ingenzi kuri Barbados: Kimwe mu birwa bituwe cyane kandi bikize mu bigize Karayibe Yabonye ubwigenge ibuvanye k’Ubwongereza mu 1966 Itegeko Nshinga ryakomeje kwemera leta ikuriwe n’ubwami, Umwamikazi Elizabeth akomeza kuba umukuru w’iki gihugu Mbere ubukungu bwari bushingiye ku kohereza isukari mu mahanga, ubu bushingiye ku bukerarugendo n’ishoramari ritandukanye Minisitiri w’Intebe Mia Mottley, watowe mu 2018 ni we mugore wa mbere wari utorewe uyu mwanya ukomeye mu gihugu Ijambo ryatangarijwemo uyu mugambi wa leta ya Barbados ryasomwe ubwo batangizaga imirimo y’Inteko Ishinga Amategeko, ahavugirwa na gahunda nshya za leta. Mu gihe iryo jambo risomwa n’ufite umwanya w’ubutegetsi wa ’Governor-General’, riba ryanditswe na Minisitiri w’Intebe. Ijambo ryasomwe ryanditswe na Minisitiri w’Intebe Mia Mottley Sibwo bwa mbere Barbados yifuje kuva ku butegetsi bwa cyami buyobowe n’Umwamukazi uba i Londres. Mu 1998, komisiyo yashinzwe kuvugururwa Itegeko Nshinga ry’iki gihugu yari yasabye ko ubwami buvaho hakajyaho Repubulika. Freundel Stuart, uwo Madamu Mia yasimbuye, na we yari yavuze ko "mu gihe cya vuba bazava mu butegetsi bwa cyami bakaba Repubulika". Barbados sicyo gihugu cya mbere cyahoze gikoronizwa n’u Bwongereza mu birwa bya Karayibe cyaba gihindutse Repubulika. Guyana yateye iyi ntambwe mu 1970, hari hatarashira imyaka ine ivanye ubwigenge k’u Bwongereza. Trinidad na Tobago na yo yakurikiyeho mu 1976 na Dominica mu 1978 Ibi bihugu bitatu byose byagumye mu muryango wa Commonwealth, uhuza ibihugu byakoronijwe n’u Bwongereza n’ibindi byashatse kuwinjiramo bidafitanye amateka n’u Bwongereza. Umwamikazi Elizabeth ni we mukuru w’igihugu kuri iki kirwa kigendera ku bwami, aha yari yasuye Barbados mu 1977 Umwamikazi Elizabeth ubwo yari yakiriye Governor-General wa Barbados, Sandra Masonmu butumire bwihariye, aha bari ku Ngoro y’Umwamikazi izwi nka Buckingham Palace mu 2018 Hakorwe iki ngo tugere ku mibereho myiza y’Abanyarwanda, iyumvire ikiganiro kirambuye UMUBAVU TV ONLINE wagiranye na Madamu Victoire Ingabire Umuhoza, umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya DALFA Umurinzi ariko ritaremerwa n’amategeko mu Rwanda: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika