Close MORE NEWS Abantu 11 baciwe imitwe na Boko-haram muri Cameroon UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 31-10-2017 saa 01:56' whatsapp Facebook Ku cyumweru tariki ya 29 Ukwakira 2017 ndetse n’ejo , abantu bagera kuri 20 biciwe mu bitero byakozwe n’umutwe w’iterabwoba wa Boko haram mu bihugu bya Nigeria na Cameroon, ibihugu bibiri bihana imbibe n’ikiyaga cya chad ahashegeshwe n’ibikorwa bya gisirikare by’uyo mutwe. Muri aba bantu bishwe na boko’haram, 11 bishwe baciwe imitwe mu gihugu cya Cameroon mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira ku wa mbere, mu gitero bivugwa ko ari icya Boko Haram nkuko aya makuru atangazwa na AFP. Ku ruhande rw’igihugu cya Nigeria , umwiyahuzi yiyoberanije nk’umuyoboke w’idini ya Isilamu yinjira mu musigiti mu majyaruguru ya Leta ya Maiduguri nyuma yiturikirizaho igisasu cyahitanye batanu benshi. Kuri uyu wa mbere kandi abantu bane barimo umugore n’abana babiri barishwe mu gihe imodoka yari ibatwaye yatezwe igisasu hafi y’agace kabarizwamo Banki yo muri Nigeria, igihugu gihana urubibi na Cameroon. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Nshimiyimana Kuya 2-11-2017 R.I.P INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Abantu 11 baciwe imitwe na Boko-haram muri Cameroon UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 31-10-2017 saa 01:56' whatsapp Facebook Ku cyumweru tariki ya 29 Ukwakira 2017 ndetse n’ejo , abantu bagera kuri 20 biciwe mu bitero byakozwe n’umutwe w’iterabwoba wa Boko haram mu bihugu bya Nigeria na Cameroon, ibihugu bibiri bihana imbibe n’ikiyaga cya chad ahashegeshwe n’ibikorwa bya gisirikare by’uyo mutwe. Muri aba bantu bishwe na boko’haram, 11 bishwe baciwe imitwe mu gihugu cya Cameroon mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira ku wa mbere, mu gitero bivugwa ko ari icya Boko Haram nkuko aya makuru atangazwa na AFP. Ku ruhande rw’igihugu cya Nigeria , umwiyahuzi yiyoberanije nk’umuyoboke w’idini ya Isilamu yinjira mu musigiti mu majyaruguru ya Leta ya Maiduguri nyuma yiturikirizaho igisasu cyahitanye batanu benshi. Kuri uyu wa mbere kandi abantu bane barimo umugore n’abana babiri barishwe mu gihe imodoka yari ibatwaye yatezwe igisasu hafi y’agace kabarizwamo Banki yo muri Nigeria, igihugu gihana urubibi na Cameroon. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Nshimiyimana Kuya 2-11-2017 R.I.P INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu