Close MORE NEWS Uganda: Arakekwaho kwica nyirabukwe n’abuzukuru be abatemaguye UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 18-12-2017 saa 14:59' whatsapp Facebook Abantu bane barimo umukecuru w’imyaka 55 n’abuzukuru be batatu bishwe n’abantu babateye bitwaje imihoro bakabatemagura, umukwe w’uyu mukecuru ni we ukekwaho gukora aya mabi. Uyu mukecuru witwa Specioza Nalugwa wari utuye ahitwa Kyampitsi, mu Karere ka Mubende mu ijoro ryo kuri uyu wa 17 Ukuboza 2017 nibwo yatewe n’abantu bitwaje imihoro mu ijoro asinziriye bamutemagurana n’abuzukuru be Sarah Mamata w’imyaka 17, Fred Musasizi w’imyaka ibiri na Specioza Nakacuwa w’imyaka ine nko Daily Monitor babivuga. Birakekwa ko umukwe wa Nalugwa ari we waba yakoze aya mahano kuko ngo yari amaze iminsi amutera ubwoba amubwira ko azamwica amuziza ko yamuteranyije n’umugore we. Polisi yo muri iki gihugu yamaze guta muri yombi uyu mugabo ukekwaho kwica aba bantu witwa John Sebaduka w’imyaka 40 ndetse ngo mu rugo rwe hasanzwe ishoka ijojobaho amaraso ndetse n’imyenda ikiriho amaraso. Kuri ubu imirambo ya ba nyakwigendera yajyanwe ku bitaro bya Mubende mu gihe hakomeje iperereza ryimbitse kuri iki cyaha. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) byiringiro niyigaba jean luc Kuya 18-12-2017 Abantububuniko babaye arikowasanga bamubeshera murakoze INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Uganda: Arakekwaho kwica nyirabukwe n’abuzukuru be abatemaguye UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 18-12-2017 saa 14:59' whatsapp Facebook Abantu bane barimo umukecuru w’imyaka 55 n’abuzukuru be batatu bishwe n’abantu babateye bitwaje imihoro bakabatemagura, umukwe w’uyu mukecuru ni we ukekwaho gukora aya mabi. Uyu mukecuru witwa Specioza Nalugwa wari utuye ahitwa Kyampitsi, mu Karere ka Mubende mu ijoro ryo kuri uyu wa 17 Ukuboza 2017 nibwo yatewe n’abantu bitwaje imihoro mu ijoro asinziriye bamutemagurana n’abuzukuru be Sarah Mamata w’imyaka 17, Fred Musasizi w’imyaka ibiri na Specioza Nakacuwa w’imyaka ine nko Daily Monitor babivuga. Birakekwa ko umukwe wa Nalugwa ari we waba yakoze aya mahano kuko ngo yari amaze iminsi amutera ubwoba amubwira ko azamwica amuziza ko yamuteranyije n’umugore we. Polisi yo muri iki gihugu yamaze guta muri yombi uyu mugabo ukekwaho kwica aba bantu witwa John Sebaduka w’imyaka 40 ndetse ngo mu rugo rwe hasanzwe ishoka ijojobaho amaraso ndetse n’imyenda ikiriho amaraso. Kuri ubu imirambo ya ba nyakwigendera yajyanwe ku bitaro bya Mubende mu gihe hakomeje iperereza ryimbitse kuri iki cyaha. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) byiringiro niyigaba jean luc Kuya 18-12-2017 Abantububuniko babaye arikowasanga bamubeshera murakoze INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu