Close MORE NEWS Umugabo yarongoye umukobwa we nyuma yo gutandukana na nyina UMUBAVU.com admin Kuya 11-03-2017 saa 12:51' whatsapp Facebook Byabereye mu gace ka Sonfonia kari muri birometero 25 uvuye mu Burasirazuba bw’Umujyi wa Conakry (Muri Guinea). Umugabo uzwi cyane muri ako gace ucuruza amavuta ava mu mikindo akaba yararongoye umukobwa we nyuma yo gutandukana n’umugore. Ubwo yari amaze gutandukana (divorce) n’umugore we, yakoresheje amafaranga menshi arihirira abakobwa be bavutse ari impanga, umwe muri bo aza kumugira umugore. Ibinyamakuru byo muri iki gihugu bigatangaza ko yarongoye umukobwa we, ari nk’uburyo yari abonye bwo gusarura imbuto yabibye ubwo yiyuhaga icyuya abarihirira amashuli. Zoula Karuhimbi ahembwa n’Umuryango w’Abayisiramu mu Rwanda “Papa turara mu cyumba n’uburiri bumwe, ninjye umutegurira amafunguro nkanamwitaho, turabana, ubu yanzanye aho akorera. Iyo ijoro rigeze biba ngombwa ko nkorana imibonano mpuzabitsina na we” Ibi ni ibyatangajwe n’uwo mukobwa w’imyaka 18. Uyu mugabo yaratahuwe arafungwa akaba ashobora kuzafungwa imyaka 10. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Umugabo yarongoye umukobwa we nyuma yo gutandukana na nyina UMUBAVU.com admin Kuya 11-03-2017 saa 12:51' whatsapp Facebook Byabereye mu gace ka Sonfonia kari muri birometero 25 uvuye mu Burasirazuba bw’Umujyi wa Conakry (Muri Guinea). Umugabo uzwi cyane muri ako gace ucuruza amavuta ava mu mikindo akaba yararongoye umukobwa we nyuma yo gutandukana n’umugore. Ubwo yari amaze gutandukana (divorce) n’umugore we, yakoresheje amafaranga menshi arihirira abakobwa be bavutse ari impanga, umwe muri bo aza kumugira umugore. Ibinyamakuru byo muri iki gihugu bigatangaza ko yarongoye umukobwa we, ari nk’uburyo yari abonye bwo gusarura imbuto yabibye ubwo yiyuhaga icyuya abarihirira amashuli. Zoula Karuhimbi ahembwa n’Umuryango w’Abayisiramu mu Rwanda “Papa turara mu cyumba n’uburiri bumwe, ninjye umutegurira amafunguro nkanamwitaho, turabana, ubu yanzanye aho akorera. Iyo ijoro rigeze biba ngombwa ko nkorana imibonano mpuzabitsina na we” Ibi ni ibyatangajwe n’uwo mukobwa w’imyaka 18. Uyu mugabo yaratahuwe arafungwa akaba ashobora kuzafungwa imyaka 10. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu