Amaze imyaka 31 abana n’umugore ariko atazi uko imibonano mpuzabitsina imera

Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’umubavu.com Kayiranga Benjamin yavuze ko amaze imyaka mirongwitanu nine avutse ariko akaba amaze mirongwitatu n’umwe abana n’umugore akaba atazi uburyohe bwo gukora imibonano mpuzabitsina.

Ubwo yaganira n’umunyamakuru w’umubavu yavuze ko we n’umukecuru we batari bazi gukora neza imibonano muri icyo gihe cyose bamaranye, avuga ko bakoraga imibonano mpuzabitsina ntihagire ikintu bumvamo bakabikora batishimye ariko ubu bari barabyakiriye kuko umugore we atahukanye.

Nyuma yo kumva ibiganiro bitandukanye ku mbugankoranyambaga yabanje ku tabyemera agirango n’ubutekamutwe cyangwa umuryasene wadutse, abanza gushidikanya ariko nyuma yaje kumenya ko ntakundi akwiye kubigenza aza gupfa gushaka uwatangaga ikiganiro cy’imibonamompuzabitsina, amutekerereza ibyakababaro ke amaranye imyaka 31 atazi uko kubaka urugo bimera.

Amaze kumuganiriza no kumuha imiti imufasha ubu baranezerewe we n’umukecuru we nk’uko abitangaza.

Yagize ati: “ Hano hari umugore ararenze agukoraho rikaka hari ibintu yankoreye kuva nabaho nanjyaga njya ku mukecuru wanjye bikanga rwari rwararyamye pe! Ariko ubu turaryoherwa nkoraho rikaka kandi byatugiriye akamaro.

Mu gihe amaze avuga ko yahombye byishyi kuko hari igihe umugore we yaragiye kwigendera amujijije ku tamukorera ibyo yifuza harimo ibyo bakunze kwita gupfubya uwo mwashakanye (Kutamugeza kubyishimo bye byanyuma) .

Ubwanditsi bw’Umubavu.com





Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru



Igitekerezo