Close MORE NEWS Amaze imyaka 31 abana n’umugore ariko atazi uko imibonano mpuzabitsina imera UMUBAVU.com admin Kuya 3-12-2016 saa 11:15' whatsapp Facebook Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’umubavu.com Kayiranga Benjamin yavuze ko amaze imyaka mirongwitanu nine avutse ariko akaba amaze mirongwitatu n’umwe abana n’umugore akaba atazi uburyohe bwo gukora imibonano mpuzabitsina. Ubwo yaganira n’umunyamakuru w’umubavu yavuze ko we n’umukecuru we batari bazi gukora neza imibonano muri icyo gihe cyose bamaranye, avuga ko bakoraga imibonano mpuzabitsina ntihagire ikintu bumvamo bakabikora batishimye ariko ubu bari barabyakiriye kuko umugore we atahukanye. Nyuma yo kumva ibiganiro bitandukanye ku mbugankoranyambaga yabanje ku tabyemera agirango n’ubutekamutwe cyangwa umuryasene wadutse, abanza gushidikanya ariko nyuma yaje kumenya ko ntakundi akwiye kubigenza aza gupfa gushaka uwatangaga ikiganiro cy’imibonamompuzabitsina, amutekerereza ibyakababaro ke amaranye imyaka 31 atazi uko kubaka urugo bimera. Amaze kumuganiriza no kumuha imiti imufasha ubu baranezerewe we n’umukecuru we nk’uko abitangaza. Yagize ati: “ Hano hari umugore ararenze agukoraho rikaka hari ibintu yankoreye kuva nabaho nanjyaga njya ku mukecuru wanjye bikanga rwari rwararyamye pe! Ariko ubu turaryoherwa nkoraho rikaka kandi byatugiriye akamaro. Mu gihe amaze avuga ko yahombye byishyi kuko hari igihe umugore we yaragiye kwigendera amujijije ku tamukorera ibyo yifuza harimo ibyo bakunze kwita gupfubya uwo mwashakanye (Kutamugeza kubyishimo bye byanyuma) . Ubwanditsi bw’Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Amaze imyaka 31 abana n’umugore ariko atazi uko imibonano mpuzabitsina imera UMUBAVU.com admin Kuya 3-12-2016 saa 11:15' whatsapp Facebook Mu kiganiro kirambuye yagiranye n’umubavu.com Kayiranga Benjamin yavuze ko amaze imyaka mirongwitanu nine avutse ariko akaba amaze mirongwitatu n’umwe abana n’umugore akaba atazi uburyohe bwo gukora imibonano mpuzabitsina. Ubwo yaganira n’umunyamakuru w’umubavu yavuze ko we n’umukecuru we batari bazi gukora neza imibonano muri icyo gihe cyose bamaranye, avuga ko bakoraga imibonano mpuzabitsina ntihagire ikintu bumvamo bakabikora batishimye ariko ubu bari barabyakiriye kuko umugore we atahukanye. Nyuma yo kumva ibiganiro bitandukanye ku mbugankoranyambaga yabanje ku tabyemera agirango n’ubutekamutwe cyangwa umuryasene wadutse, abanza gushidikanya ariko nyuma yaje kumenya ko ntakundi akwiye kubigenza aza gupfa gushaka uwatangaga ikiganiro cy’imibonamompuzabitsina, amutekerereza ibyakababaro ke amaranye imyaka 31 atazi uko kubaka urugo bimera. Amaze kumuganiriza no kumuha imiti imufasha ubu baranezerewe we n’umukecuru we nk’uko abitangaza. Yagize ati: “ Hano hari umugore ararenze agukoraho rikaka hari ibintu yankoreye kuva nabaho nanjyaga njya ku mukecuru wanjye bikanga rwari rwararyamye pe! Ariko ubu turaryoherwa nkoraho rikaka kandi byatugiriye akamaro. Mu gihe amaze avuga ko yahombye byishyi kuko hari igihe umugore we yaragiye kwigendera amujijije ku tamukorera ibyo yifuza harimo ibyo bakunze kwita gupfubya uwo mwashakanye (Kutamugeza kubyishimo bye byanyuma) . Ubwanditsi bw’Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu