Close MORE NEWS ibintu 3 umugore utwite agomba kwirinda UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 8-12-2016 saa 01:14' whatsapp Facebook Mu gihe cyose umubyeyi amara atwite usanga yigengesera mu mirire, isuku, ndetse no mubindi bikorwa bitandukanye, bagafata amafunguro arimo intungamubiri zose zifasha umwana n’umubyeyi kugira ubuzima bwiza, ariko nyuma yo kubyara gahunda zose zigasa nkaho zirangiriye aho. Twagerageje kubashakira ibintu by’ ingenzi umubyeyi utwite agomba kwirinda ; 1Ibinyobwa bisembuye Iyo umubyeyi wonsa anywa ibinyobwa bisembuye , ubumara (alchool) bunyura mu mashereka maze umwana we akajya asinzira imburagihe (somnoler) ikindi nuko ashobora no kudindira mu mikurire. 2 Itabi Niba bibujijwe ku mubyeyi utwite kunwa itabi noneho birategetswe ku mubyeyi wonsa kutarinywa kuko ryangiza imyanya y’ubuhumekero bw’umwana we ndetse n’iye bwite. 3 Kwirinda ikawa nyinshi Kafeyine iba mu ikawa irihuta cyane mu mashereka kandi kugira ngo ishire mu mubiri w’umwana bitwara igihe kinini kurenza mu bantu bakuze. Iyo umubyeyi arengeje udutasi dutatu ku munsi, kafeyine igira ingaruka ku buzima bw’umwana we mu mikurire y’ubwonko. Nibyiza ko umubyeyi asobanukirwa ko ibi bintu atari byiza kubikoresha yaba mugihe atwite ndetse no mugihe amaze kubyara bizafasha mu mikurire y’Umwana, mu mitekerereze ye ndetse bizamurinda n’izindi indwara zitandukanye. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
ibintu 3 umugore utwite agomba kwirinda UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 8-12-2016 saa 01:14' whatsapp Facebook Mu gihe cyose umubyeyi amara atwite usanga yigengesera mu mirire, isuku, ndetse no mubindi bikorwa bitandukanye, bagafata amafunguro arimo intungamubiri zose zifasha umwana n’umubyeyi kugira ubuzima bwiza, ariko nyuma yo kubyara gahunda zose zigasa nkaho zirangiriye aho. Twagerageje kubashakira ibintu by’ ingenzi umubyeyi utwite agomba kwirinda ; 1Ibinyobwa bisembuye Iyo umubyeyi wonsa anywa ibinyobwa bisembuye , ubumara (alchool) bunyura mu mashereka maze umwana we akajya asinzira imburagihe (somnoler) ikindi nuko ashobora no kudindira mu mikurire. 2 Itabi Niba bibujijwe ku mubyeyi utwite kunwa itabi noneho birategetswe ku mubyeyi wonsa kutarinywa kuko ryangiza imyanya y’ubuhumekero bw’umwana we ndetse n’iye bwite. 3 Kwirinda ikawa nyinshi Kafeyine iba mu ikawa irihuta cyane mu mashereka kandi kugira ngo ishire mu mubiri w’umwana bitwara igihe kinini kurenza mu bantu bakuze. Iyo umubyeyi arengeje udutasi dutatu ku munsi, kafeyine igira ingaruka ku buzima bw’umwana we mu mikurire y’ubwonko. Nibyiza ko umubyeyi asobanukirwa ko ibi bintu atari byiza kubikoresha yaba mugihe atwite ndetse no mugihe amaze kubyara bizafasha mu mikurire y’Umwana, mu mitekerereze ye ndetse bizamurinda n’izindi indwara zitandukanye. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu