Close MORE NEWS Umugabo yaciye ijosi umugore we arihisha munsi y’igitanda amuziza kumuca inyuma UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 15-03-2018 saa 06:21' whatsapp Facebook Umugabo witwa Jaici Alfenas Rocha wo mu gihugu cya Brazil yaciye ijosi umugore we amuziza kumuca inyuma agasambana n’umugabo wa murumuna we arangije ahisha umurambo we munsi y’igitanda. Uyu mugabo yishe umugore we Karina nyuma yo kubwira ko yamuciye inyuma agasambana n’umugabo wa murumuna we ubwo bari mu rugo rwabo mu mugi wa Bristol mu Bwongereza. Ubushinjacyaha buyobowe na James Dingemans, bwatangaje ko uyu mugabo yakoreshejwe n’umujinya akabanza kuniga uyu mugore we ndetse bivugwa ko yari afite amajwi yafashwe n’umuntu utazwi akayaha uyu mugabo. Uyu mugabo yishe umugore we nyuma yo kuva ku kazi ko gucuruza ibyo kurya no koza imodoka yari amenyereweho. Nyuma yo kwica umugore we,uyu mugabo yahise ajya mu bitaro by’abarwayi bo mu mutwe aho abaganga bamwumvise avuga amagambo ayasubiramo nk’uwataye umutwe. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Umugabo yaciye ijosi umugore we arihisha munsi y’igitanda amuziza kumuca inyuma UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 15-03-2018 saa 06:21' whatsapp Facebook Umugabo witwa Jaici Alfenas Rocha wo mu gihugu cya Brazil yaciye ijosi umugore we amuziza kumuca inyuma agasambana n’umugabo wa murumuna we arangije ahisha umurambo we munsi y’igitanda. Uyu mugabo yishe umugore we Karina nyuma yo kubwira ko yamuciye inyuma agasambana n’umugabo wa murumuna we ubwo bari mu rugo rwabo mu mugi wa Bristol mu Bwongereza. Ubushinjacyaha buyobowe na James Dingemans, bwatangaje ko uyu mugabo yakoreshejwe n’umujinya akabanza kuniga uyu mugore we ndetse bivugwa ko yari afite amajwi yafashwe n’umuntu utazwi akayaha uyu mugabo. Uyu mugabo yishe umugore we nyuma yo kuva ku kazi ko gucuruza ibyo kurya no koza imodoka yari amenyereweho. Nyuma yo kwica umugore we,uyu mugabo yahise ajya mu bitaro by’abarwayi bo mu mutwe aho abaganga bamwumvise avuga amagambo ayasubiramo nk’uwataye umutwe. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu