Close MORE NEWS U Burusiya: Abakobwa 2 bakomeje kugurisha ubusugi kuri interineti bakomeje gutangaza benshi UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 20-02-2018 saa 06:28' whatsapp Facebook Muri iki gihe abantu benshi usanga bavuga ko bigoye kubona umukobwa w’isugi, nyamara kandi hakaba n’abavuga ko nta bapfira gushira abakobwa b’amasugi bagihari gusa ikigorana kikaba kumenya ari uwuhe wirinze. Hashize iminsi abakobwa 2 b’abarusiyakazi biyita ko ari amasugi batangaza ko bashaka kugurisha ubusugi bwabo by’umwihariko babicishije kuri interineti, ibi bikaba bikomeje gutangaza benshi bibaza icyo aba bakobwa bagamije bashingiye ko mu gihe birinze bakagombye gutegereza kuzubaka ingo zabo gusa bikavugwa ko bashaka kubyaza ubusugi bwabo amafaranga. Aba bakobwa biganjemo abatarengeje imyaka 17 bo mu Burusiya batangaje ko bifuza kubyaza ubusugi bwabo akayabo dore ko ngo bavuga ko bamaze kubona icyo bise ikirombe cya Zahabu cyo kugurisha ubusugi bwabo babifashijwemo na internet. Si aba bakobwa gusa ngo kuko n’ubusanzwe abenshi mu Barusiyakazi biyizeyeho ubusugi basanzwe babubyaza akayabo k’amafaranga bigurishije ku baherwe baba batunze agatubutse. Aba bakobwa bafunguye ihuriro ryitwa “Bad Girl’s Club” ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye,rituma bahura n’abaherwe b’Abarusiya bifuza kuryamana n’abakobwa bakiri amasugi barangiza bakabishyura akayabo bifuza. Nkuko amakuru dukesha ikinyamakuru The Sun abivuga, aba bakobwa biyandikisha kuri izi mbuga bagashyiraho n’ibiciro, hagira umuherwe ubifuza akabandikira bagahura bityo bakaryamana bakishyurwa. Uretse aba bakobwa b’amasugi, abagabo nabo batangaza ibyo abagore bifuza kuryamana nabo bagomba kuba bujuje kuri izi mbuga, haboneka umugore ubyujuje akabandikira bagahura nawe akishyurwa akayabo. Benshi muri aba bakobwa b’amasugi, baca akayabo aba bakire ndetse bamwe bagenda batangaza ko bifuza ibihumbi byinshi by’amapawundi kugira ngo bemere gutakaza ubusugi bwabo. Umukobwa w’imyaka 17 witwa Marina, wiyamamaje kuri uru rubuga, yavuze ko ashaka ibihumbi 18 by’amapawundi kugira ngo yigurire inzu yo gutuzamo umuryango we. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) gatsinzi gerard Kuya 21-02-2018 Umuco wabo urabyemera INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
U Burusiya: Abakobwa 2 bakomeje kugurisha ubusugi kuri interineti bakomeje gutangaza benshi UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 20-02-2018 saa 06:28' whatsapp Facebook Muri iki gihe abantu benshi usanga bavuga ko bigoye kubona umukobwa w’isugi, nyamara kandi hakaba n’abavuga ko nta bapfira gushira abakobwa b’amasugi bagihari gusa ikigorana kikaba kumenya ari uwuhe wirinze. Hashize iminsi abakobwa 2 b’abarusiyakazi biyita ko ari amasugi batangaza ko bashaka kugurisha ubusugi bwabo by’umwihariko babicishije kuri interineti, ibi bikaba bikomeje gutangaza benshi bibaza icyo aba bakobwa bagamije bashingiye ko mu gihe birinze bakagombye gutegereza kuzubaka ingo zabo gusa bikavugwa ko bashaka kubyaza ubusugi bwabo amafaranga. Aba bakobwa biganjemo abatarengeje imyaka 17 bo mu Burusiya batangaje ko bifuza kubyaza ubusugi bwabo akayabo dore ko ngo bavuga ko bamaze kubona icyo bise ikirombe cya Zahabu cyo kugurisha ubusugi bwabo babifashijwemo na internet. Si aba bakobwa gusa ngo kuko n’ubusanzwe abenshi mu Barusiyakazi biyizeyeho ubusugi basanzwe babubyaza akayabo k’amafaranga bigurishije ku baherwe baba batunze agatubutse. Aba bakobwa bafunguye ihuriro ryitwa “Bad Girl’s Club” ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye,rituma bahura n’abaherwe b’Abarusiya bifuza kuryamana n’abakobwa bakiri amasugi barangiza bakabishyura akayabo bifuza. Nkuko amakuru dukesha ikinyamakuru The Sun abivuga, aba bakobwa biyandikisha kuri izi mbuga bagashyiraho n’ibiciro, hagira umuherwe ubifuza akabandikira bagahura bityo bakaryamana bakishyurwa. Uretse aba bakobwa b’amasugi, abagabo nabo batangaza ibyo abagore bifuza kuryamana nabo bagomba kuba bujuje kuri izi mbuga, haboneka umugore ubyujuje akabandikira bagahura nawe akishyurwa akayabo. Benshi muri aba bakobwa b’amasugi, baca akayabo aba bakire ndetse bamwe bagenda batangaza ko bifuza ibihumbi byinshi by’amapawundi kugira ngo bemere gutakaza ubusugi bwabo. Umukobwa w’imyaka 17 witwa Marina, wiyamamaje kuri uru rubuga, yavuze ko ashaka ibihumbi 18 by’amapawundi kugira ngo yigurire inzu yo gutuzamo umuryango we. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) gatsinzi gerard Kuya 21-02-2018 Umuco wabo urabyemera INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu