Close MORE NEWS Abasirikare bishe umuturage bakatiwe gufungwa burundu UMUBAVU.com admin Kuya 6-10-2017 saa 07:43' whatsapp Facebook Pte Claude Ishimwe na Pte Jean Pierre Nshimiyumukiza bakatiwe n’Urukiko rwa Gisirikare gufungwa burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha bari bakurikiranyweho cyo kwica Ntivuguruzwa Aime Yvan bamurasiye i Gikondo. Urubanza rwaburanishirijwe hafi cyane y’ahakorewe icyaha ahitwa CGM i Gikondo aho baregwa ibyaha bitanu birimo ubufatanyacyaha mu bwicanyi, ubwambuzi bukoresheje kiboko, ubugande ku kazi, kurasa nta tegeko no konona ibintu by’undi ku bw’inabi. Urukiko rwanzuye ko Leta nta ndishyi izatanga kuko batatumwe nayo kwica umuturage Ngo iyi ndishyi izatangwa n’abaregwa bombi bafatanyije batanga Miliyoni 18 muri 80 bari basabye. Rwanasobanuye ko indishyi zitangwa hakurikijwe ubushobozi bw’abaregwa. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Abasirikare bishe umuturage bakatiwe gufungwa burundu UMUBAVU.com admin Kuya 6-10-2017 saa 07:43' whatsapp Facebook Pte Claude Ishimwe na Pte Jean Pierre Nshimiyumukiza bakatiwe n’Urukiko rwa Gisirikare gufungwa burundu nyuma yo guhamwa n’icyaha bari bakurikiranyweho cyo kwica Ntivuguruzwa Aime Yvan bamurasiye i Gikondo. Urubanza rwaburanishirijwe hafi cyane y’ahakorewe icyaha ahitwa CGM i Gikondo aho baregwa ibyaha bitanu birimo ubufatanyacyaha mu bwicanyi, ubwambuzi bukoresheje kiboko, ubugande ku kazi, kurasa nta tegeko no konona ibintu by’undi ku bw’inabi. Urukiko rwanzuye ko Leta nta ndishyi izatanga kuko batatumwe nayo kwica umuturage Ngo iyi ndishyi izatangwa n’abaregwa bombi bafatanyije batanga Miliyoni 18 muri 80 bari basabye. Rwanasobanuye ko indishyi zitangwa hakurikijwe ubushobozi bw’abaregwa. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu