Close MORE NEWS Abageni batangaje benshi kubera kwifotoza bambaye ubusa ku munsi w’ubukwe bwabo (Amafoto) UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 9-02-2018 saa 09:23' whatsapp Facebook Umunsi w’ubukwe ni umwe mu minsi ikomeye umuntu wese aba ategereje n’amatsiko, ibi bigatuma buri wese ashaka ikintu cyose yawukoraho kugira ngo umusigire urwibutso n’amateka azajya amwibutsa ibyo bihe gusa kuri ubu aho isi igeze, usanga abantu bagenda bakora udushya dutandukanye kuri uyu munsi kugeza n’aho bamwe bahitamo kwiyambika ubusa kugira ngo bavugwe cyane mu binyamakuru. Kimwe mu bintu biranga umunsi w’ubukwe bwo muri iyi minsi kandi ni uburyo abageni bifotoza cyane ndetse nyuma abatashye ubukwe baba bafitiye amatsiko amafoto yafashwe mu bukwe. Hirya no hino ku isi hagiye hagaragara amafoto atangaje y’abageni ndetse benshi bakibaza icyabateye kwifotoza muri ubwo buryo aho benshi bagiye bacika ururondogoro babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye bakoresha bamwe babyishimira abandi babinenga. Bamwe mu bageni bagiye bifotoza amafoto atangaje ndetse bamwe mu bayabonye bahakanye ko babikoze ku bushake gusa bose bayifotoje ku bushake. Aba bo noneho nabo bazanye akabo gashya ko kwifotoza biyambika ubusa. Aya ni amafoto aba bageni bifotoje yatangaje benshi: Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) tembasi gsapard Kuya 9-02-2018 Bariya barasaze pe Djasu Kuya 9-02-2018 Ikigaragara isi igeze aharindimuka kweli!!!!!ahaaa nahamasengesho pe Djasu Kuya 9-02-2018 Ikigaragara isi igeze aharindimuka kweli!!!!!ahaaa nahamasengesho pe INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Abageni batangaje benshi kubera kwifotoza bambaye ubusa ku munsi w’ubukwe bwabo (Amafoto) UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 9-02-2018 saa 09:23' whatsapp Facebook Umunsi w’ubukwe ni umwe mu minsi ikomeye umuntu wese aba ategereje n’amatsiko, ibi bigatuma buri wese ashaka ikintu cyose yawukoraho kugira ngo umusigire urwibutso n’amateka azajya amwibutsa ibyo bihe gusa kuri ubu aho isi igeze, usanga abantu bagenda bakora udushya dutandukanye kuri uyu munsi kugeza n’aho bamwe bahitamo kwiyambika ubusa kugira ngo bavugwe cyane mu binyamakuru. Kimwe mu bintu biranga umunsi w’ubukwe bwo muri iyi minsi kandi ni uburyo abageni bifotoza cyane ndetse nyuma abatashye ubukwe baba bafitiye amatsiko amafoto yafashwe mu bukwe. Hirya no hino ku isi hagiye hagaragara amafoto atangaje y’abageni ndetse benshi bakibaza icyabateye kwifotoza muri ubwo buryo aho benshi bagiye bacika ururondogoro babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye bakoresha bamwe babyishimira abandi babinenga. Bamwe mu bageni bagiye bifotoza amafoto atangaje ndetse bamwe mu bayabonye bahakanye ko babikoze ku bushake gusa bose bayifotoje ku bushake. Aba bo noneho nabo bazanye akabo gashya ko kwifotoza biyambika ubusa. Aya ni amafoto aba bageni bifotoje yatangaje benshi: Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) tembasi gsapard Kuya 9-02-2018 Bariya barasaze pe Djasu Kuya 9-02-2018 Ikigaragara isi igeze aharindimuka kweli!!!!!ahaaa nahamasengesho pe Djasu Kuya 9-02-2018 Ikigaragara isi igeze aharindimuka kweli!!!!!ahaaa nahamasengesho pe INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu