Abageni batangaje benshi kubera kwifotoza bambaye ubusa ku munsi w’ubukwe bwabo (Amafoto)

Umunsi w’ubukwe ni umwe mu minsi ikomeye umuntu wese aba ategereje n’amatsiko, ibi bigatuma buri wese ashaka ikintu cyose yawukoraho kugira ngo umusigire urwibutso n’amateka azajya amwibutsa ibyo bihe gusa kuri ubu aho isi igeze, usanga abantu bagenda bakora udushya dutandukanye kuri uyu munsi kugeza n’aho bamwe bahitamo kwiyambika ubusa kugira ngo bavugwe cyane mu binyamakuru.

Kimwe mu bintu biranga umunsi w’ubukwe bwo muri iyi minsi kandi ni uburyo abageni bifotoza cyane ndetse nyuma abatashye ubukwe baba bafitiye amatsiko amafoto yafashwe mu bukwe.

Hirya no hino ku isi hagiye hagaragara amafoto atangaje y’abageni ndetse benshi bakibaza icyabateye kwifotoza muri ubwo buryo aho benshi bagiye bacika ururondogoro babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye bakoresha bamwe babyishimira abandi babinenga.

Bamwe mu bageni bagiye bifotoza amafoto atangaje ndetse bamwe mu bayabonye bahakanye ko babikoze ku bushake gusa bose bayifotoje ku bushake. Aba bo noneho nabo bazanye akabo gashya ko kwifotoza biyambika ubusa.

Aya ni amafoto aba bageni bifotoje yatangaje benshi:

Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com





Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru



Igitekerezo
tembasi gsapard Kuya 9-02-2018

Bariya barasaze pe

Djasu Kuya 9-02-2018

Ikigaragara isi igeze aharindimuka kweli!!!!!ahaaa nahamasengesho pe

Djasu Kuya 9-02-2018

Ikigaragara isi igeze aharindimuka kweli!!!!!ahaaa nahamasengesho pe