Close MORE NEWS Umusatsi w’umusaza umaze imyaka 40 atiyogoshesha wakanze abantu-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 24-07-2019 saa 12:40' whatsapp Facebook Umusaza w’imyaka 63 witwa Sakal Dev Tuddu wo mu gihugu cy’u Buhinde, yasohotse mu nzu abantu barikanga nyuma yo kubona umusatsi we amaze imyaka 40 atogosha akaba atarakarabaga mu mutwe kuko ngo ari umugisha wavuye ku mana y’abahindu yitwa Shiva. Ikinyamakuru Elitereaders dukesha iyi nkuru kivuga ko Sakal Dev Tuddu atuye mu gace ka Mandada mu Ntara ya Bihar, ngo aheruka kwita ku musatsi we afite imyaka 22. Avuga ko yamaze umwaka wa mbere atogosha cyangwa ngo asukure umusatsi we, hanyuma akaza kuvumbura ko ari ibintu byiza by’umugisha uva ku mana ya Hindu yitwa Shiva. Kuri ubu umusatsi we ufite metero imwe na sentimetero 84. Mu kuwurinda kwandura, iyo asohotse awufungira mu mwenda w’umweru, ni umusatsi umusumba ku buryo iyo agenda aba awukurura hasi. Sakal asigaye yarahawe akabyiniro ka ‘Mahatma Ji’. Mu bantu bitwa Mandada, ni ikimenyetso cyo kubaha ku rwego rudasanzwe. Abantu basigaye baturuka imihanda yose baje kumukuraho imigisha kuko ngo yahawe imbaraga zo gukiza. Sakal si we muhinde wa mbere utunze umusatsi muremure kuko mu myaka itatu ishije hamamaye Savjibhai Rathwa w’ahitwa Gujarat we wari ufite dreadlock zifite metero 19. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Umusatsi w’umusaza umaze imyaka 40 atiyogoshesha wakanze abantu-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 24-07-2019 saa 12:40' whatsapp Facebook Umusaza w’imyaka 63 witwa Sakal Dev Tuddu wo mu gihugu cy’u Buhinde, yasohotse mu nzu abantu barikanga nyuma yo kubona umusatsi we amaze imyaka 40 atogosha akaba atarakarabaga mu mutwe kuko ngo ari umugisha wavuye ku mana y’abahindu yitwa Shiva. Ikinyamakuru Elitereaders dukesha iyi nkuru kivuga ko Sakal Dev Tuddu atuye mu gace ka Mandada mu Ntara ya Bihar, ngo aheruka kwita ku musatsi we afite imyaka 22. Avuga ko yamaze umwaka wa mbere atogosha cyangwa ngo asukure umusatsi we, hanyuma akaza kuvumbura ko ari ibintu byiza by’umugisha uva ku mana ya Hindu yitwa Shiva. Kuri ubu umusatsi we ufite metero imwe na sentimetero 84. Mu kuwurinda kwandura, iyo asohotse awufungira mu mwenda w’umweru, ni umusatsi umusumba ku buryo iyo agenda aba awukurura hasi. Sakal asigaye yarahawe akabyiniro ka ‘Mahatma Ji’. Mu bantu bitwa Mandada, ni ikimenyetso cyo kubaha ku rwego rudasanzwe. Abantu basigaye baturuka imihanda yose baje kumukuraho imigisha kuko ngo yahawe imbaraga zo gukiza. Sakal si we muhinde wa mbere utunze umusatsi muremure kuko mu myaka itatu ishije hamamaye Savjibhai Rathwa w’ahitwa Gujarat we wari ufite dreadlock zifite metero 19. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu