Close MORE NEWS Perezida wa Peru yategetswe kuva butegetsi ashinjwa ruswa UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 22-12-2017 saa 10:30' whatsapp Facebook Mu matora yabaye mu Nteko Nshingamategeko y’igihugu, Perezida w’igihugu cya Peru, Pedro Pablo Kuczynski yasabwe n’abatavuga rumwe na Leta ye kuva ku butegetsi bamushinja kurya ruswa. Abatavuga rumwe na Leta ya Pedro Pablo Kuczynski bavuga ko adakwiye kuba Perezida w’igihugu bashingiye ku makuru avuga ko ashobora kuba yarakiriye ruswa iturutse kuri rimwe mu mashyirahamwe y’ubwubatsi yo muri Brezil yitwa Odebrecht. Nyuma y’impaka nyinshi zamaze amasaha arenga cumi n’atatu, Kuczynski yarucikiye ku majwi umunani gusa. Mu buryo butangaje, Abadepite bagera kuri 21 batavuga rumwe na Leta ya Pedro Pablo Kuczynski bo ntacyo babivuzeho nyuma yo kubona uko amatora agenze. Ku mbuga nkoranyambaga, Perezida wa Peru yavuze ko nyuma y’ayo matora ari umwanya mwiza wundi babonye wo kongera kwicarana ku meza amwe n’abatavuga rumwe na Leta arongoye. Pedro Pablo Kuczynski Godard wavutse tariki ya 03 Ukwakira 1938, ni Perezida wa 66 w’igihugu cya Peru. Yagiye ku butegetsi tariki ya 26 Nyakanga 2016. Daniel MUKESHIMANA/umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Perezida wa Peru yategetswe kuva butegetsi ashinjwa ruswa UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 22-12-2017 saa 10:30' whatsapp Facebook Mu matora yabaye mu Nteko Nshingamategeko y’igihugu, Perezida w’igihugu cya Peru, Pedro Pablo Kuczynski yasabwe n’abatavuga rumwe na Leta ye kuva ku butegetsi bamushinja kurya ruswa. Abatavuga rumwe na Leta ya Pedro Pablo Kuczynski bavuga ko adakwiye kuba Perezida w’igihugu bashingiye ku makuru avuga ko ashobora kuba yarakiriye ruswa iturutse kuri rimwe mu mashyirahamwe y’ubwubatsi yo muri Brezil yitwa Odebrecht. Nyuma y’impaka nyinshi zamaze amasaha arenga cumi n’atatu, Kuczynski yarucikiye ku majwi umunani gusa. Mu buryo butangaje, Abadepite bagera kuri 21 batavuga rumwe na Leta ya Pedro Pablo Kuczynski bo ntacyo babivuzeho nyuma yo kubona uko amatora agenze. Ku mbuga nkoranyambaga, Perezida wa Peru yavuze ko nyuma y’ayo matora ari umwanya mwiza wundi babonye wo kongera kwicarana ku meza amwe n’abatavuga rumwe na Leta arongoye. Pedro Pablo Kuczynski Godard wavutse tariki ya 03 Ukwakira 1938, ni Perezida wa 66 w’igihugu cya Peru. Yagiye ku butegetsi tariki ya 26 Nyakanga 2016. Daniel MUKESHIMANA/umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu